skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Liban: Ambasade ya Ukraine yashinjwe gucumbikira intasi ya Israel

Ubutegetsi bwa Liban bwasabye Ambasade ya Ukraine i Beirut kubushyikiriza ukekwaho kuba intasi y’Urwego rw’Ubutasi rwa Israel (Mossad) icumbikiye rwihishwa.
1 April 2026 Yasuwe: 159 0

Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses.
1 April 2026 Yasuwe: 61 0

Mana rinda u Burundi- Ndayishimiye nyuma yo guhisha ububiko bw’intwaro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye Imana kubana n’u Burundi, nyuma y’uko iki gihugu gihuye n’inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’intwaro, zirakongoka.
1 April 2026 Yasuwe: 399 0

Trump yihenuye ku bihugu byanze kumufasha Iran biri kugorwa n’itumbagira ry’ibiciro bya lisansi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yihenuye ku ibihugu byanze kumufasha guhangamura Iran, bikomeje guhura n’ibibazo by’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, avuga ko bigomba...
31 March 2026 Yasuwe: 485 0

Ububiko bw’intwaro i Bujumbura bwahiye burakongoka

Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Gen Gaspard Baratuza, yatangaje ko hari ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare cyo mu gace ka Musaga bwafashwe n’inkongi y’umuriro, intwaro zirashya.
31 March 2026 Yasuwe: 844 0

Haiti: Abantu 70 bishwe n’ibitero by’abagizi ba nabi

Abantu 70 bishwe, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi hafi ya Petite-Rivière, mu karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko umuryango uharanira uburenganzira bwa...
31 March 2026 Yasuwe: 245 0

Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye...
31 March 2026 Yasuwe: 326 0

Ubwato bwa Amerika bwakoreshejwe mu gufata Maduro bugiye kumara umwaka budakora

Ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, buri mu bukoranye ikoranabuhanga rigezweho Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifite, bugiye kumara umwaka budakora.
31 March 2026 Yasuwe: 539 0

Guverineri wa Nairobi ari guhigishwa uruhindu

Polisi ya Kenya iri guhigisha uruhindu, Guverineri wa Nairobi, Johnson Sakaja, wamenye ko Abasenateri basabye ko atabwa muri yombi agahunga.
31 March 2026 Yasuwe: 559 0

Nyagatare: Umubyeyi w’abana 3 ugarutse mu ishuri ku myaka 31 yiyemeje kwiga, akaminuza

Nyuma yo gucikiriza amashuri agashaka umugabo, akabyara abana 3, Uwineza Julienne yiyemeje kugaruka mu ishuri. Afite intego yo gukomeza ndetse akaramgiza na Kaminuza.
31 March 2026 Yasuwe: 708 0