Ubutegetsi bwa Liban bwasabye Ambasade ya Ukraine i Beirut kubushyikiriza ukekwaho kuba intasi y’Urwego rw’Ubutasi rwa Israel (Mossad) icumbikiye rwihishwa.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yihenuye ku ibihugu byanze kumufasha guhangamura Iran, bikomeje guhura n’ibibazo by’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, avuga ko bigomba...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Gen Gaspard Baratuza, yatangaje ko hari ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare cyo mu gace ka Musaga bwafashwe n’inkongi y’umuriro, intwaro zirashya.
Abantu 70 bishwe, abandi 30 bakomerekera mu gitero cyagabwe n’udutsiko tw’abagizi ba nabi hafi ya Petite-Rivière, mu karere ka Artibonite muri Haiti, nk’uko umuryango uharanira uburenganzira bwa...
Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye...
Ubwato bunini bwikorera indege, USS Gerald R. Ford, buri mu bukoranye ikoranabuhanga rigezweho Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifite, bugiye kumara umwaka budakora.