skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

U Buhinde: Abanyarwanda bizihije Umunsi w’Intwari

Ambasade y’u Rwanda mu Buhinde, Bangladesh, Sri Lanka, Nepal na Maldives ifatanyije n’Abanyarwanda baba mu Buhinde, Bangladesh na Sri Lanka bizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 32.
9 February 2026 Yasuwe: 117 0

Irlande yicuza kuba itarashyizeho gahunda yo kurwanya abimukira nk’iy’u Rwanda n’u Bwongereza

Linda de Courcy uri mu banyapolitiki bakomeye mu ishyaka ryitwa Independent Ireland Party n’umuyobozi mu nzego z’ibanze muri Irlande yatangaje ko uburyo gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira bo...
9 February 2026 Yasuwe: 99 0

EU yibukije Leta ya RDC ko igomba gusenya FDLR

Intumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu karere k’Ibiyaga Bigari, Johan Borgstam, yibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko bugomba gusenya umutwe...
9 February 2026 Yasuwe: 171 0

U Burusiya bwise Abanyaburayi n’Abanyamerika ‘amashitani’ kubera ibyaha bya Epstein

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov yavuze ko ibikubiye mu nyandiko zivuga kuri dosiye ya Jeffrey Epstein biherutse kujya hanze, bigaragaza uburyo abantu b’ibikomerezwa bo...
9 February 2026 Yasuwe: 174 0

NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas

Turamenyesha ko NTAWURYIZIGIRA Silas yasabye guhindurirwa amazina akitwa MUHIRE ILAN Silas mu bitabo byirangamimerere.
7 February 2026 Yasuwe: 232 0

Trump yanze gusaba imbabazi Obama ku bwo kumugereranya n’inguge

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko nta gahunda afite yo gusaba imbabazi uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama, avuga ko...
7 February 2026 Yasuwe: 520 0

Hariana Verás, Umunyamakuru wiyambuye ubunyamwuga, agahinduka igikoresho cya Tshisekedi

Mu biganiro n’abanyamakuru byo muri White House birebana n’umugabane wa Afurika ntihaburamo umugore uhorana inyota yo kubaza ibibazo. Kuri bamwe, Hariana Verás Victória agaragara nk’impirimbanyi...
7 February 2026 Yasuwe: 440 0

Tukowote yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga (Amafoto)

Ilunga Longin wamamaye nka Tukowote muri sinema y’u Rwanda, yambitse impeta inkumi bitegura kurushinga, icyakora ahamya ko atahita atangaza amazina ye.
6 February 2026 Yasuwe: 975 0

Umubumbe wa Jupiter ni muto ugereranyije n’uko byatekerezwaga- Ubushakashatsi

Icyogajuru cya NASA cyitwa Juno cyagaragaje ko Umubumbe wa Jupiter ari muto kandi ko urambaraye gato ugereranyije n’ibyari bisanzwe bizwi.
6 February 2026 Yasuwe: 299 0

Minisitiri Dr Utumatwishima yakebuye urubyiruko ruhangana n’abakuru barugira inama

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakebuye anibutsa urubyiruko kwirinda guterana amagambo n’umuntu ubaruta, igihe abagiriye inama kuko ari...
6 February 2026 Yasuwe: 229 0