Ambasade y’u Rwanda mu Buhinde, Bangladesh, Sri Lanka, Nepal na Maldives ifatanyije n’Abanyarwanda baba mu Buhinde, Bangladesh na Sri Lanka bizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 32.
Linda de Courcy uri mu banyapolitiki bakomeye mu ishyaka ryitwa Independent Ireland Party n’umuyobozi mu nzego z’ibanze muri Irlande yatangaje ko uburyo gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira bo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko nta gahunda afite yo gusaba imbabazi uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama, avuga ko...
Mu biganiro n’abanyamakuru byo muri White House birebana n’umugabane wa Afurika ntihaburamo umugore uhorana inyota yo kubaza ibibazo. Kuri bamwe, Hariana Verás Victória agaragara nk’impirimbanyi...