Umutwe witwaje intwaro bikekwa ko ari uw’abahezanguni b’Abayisilamu wagabye ibitero mu duce tubiri muri Leta ya Kwara muri Nigeria, bihitana abantu 162.
Umwana w’imyaka 11 wiga ku Kigo cya Notre Dame de Fatima giherereye mu Kagari ka Mpenge mu Murenge wa Muhoza,Akarere ka Musanze, yatwitswe n’ipasi ku kibuno na nyina witwa Izabayo Shadia amaziza ko...
Abayobozi ba Iran ntibashaka ko ibiganiro bizabahuza na bagenzi babo bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizabera muri Turikiya nk’uko byari biteganyijwe.