Ku mugoroba wo ku wa 28 Mutarama, umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Kinazi, yakubiswe n’inkuba iramwica, inakomeretsa umugore w’imyaka 27 muri uwo murenge.
Davis D yahishuye ko umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element ushingiye ku kuba uyu musore utunganya indirimbo z’abandi bahanzi atarigeze yubahiriza amasezerano bagiranye mu myaka ibiri ishize.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko utugari 1.013 two mu turere two mu Rwanda cyane cyane udukora ku bishanga, tugaragaramo indwara zo mu nda na ‘Bilharziose’, iboneraho gusaba...
Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.