skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Huye: Inkuba yishe umugabo, ikomeretsa umugore

Ku mugoroba wo ku wa 28 Mutarama, umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Huye mu Murenge wa Kinazi, yakubiswe n’inkuba iramwica, inakomeretsa umugore w’imyaka 27 muri uwo murenge.
29 January 2026 Yasuwe: 266 0

RED Tabara yahakanye gukorana n’u Rwanda, M23 no kugerageza coup d’état mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wanyomoje Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 no kugerageza gukuraho ubutegetsi bwa Pierre...
29 January 2026 Yasuwe: 321 0

Karongi: Inkuba yishe umwana w’imyaka itandatu, ababyeyi be bagwa igihumure

Umwana w’imyaka itandatu wo mu Karere ka Karongi yakubiswe n’inkuba arapfa, ababyeyi be bagwa igihumure.
29 January 2026 Yasuwe: 195 0

Nyabihu: Hakoreshejwe arenga miliyoni 200 Frw mu gusana ibiraro n’amateme byangijwe n’ibiza

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko ibiza byibasiye aka karere muri Gicurasi 2023 byangije ibiraro n’amateme 58, ariko uyu munsi byose byamaze gusanwa hakoreshejwe 206.204.178 Frw.
28 January 2026 Yasuwe: 240 0

U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko

Guverinoma y’u Rwanda yashyize ahagaragara amakuru ashingiye ku mategeko n’ibimenyetso byatumye rujyana ikirego mu bukemurampaka bw’Urukiko Mpuzamahanga rurega Ubwami bw’u Bwongereza.
28 January 2026 Yasuwe: 362 0

Bruce Melodie agiye kwerekeza muri Tanzania

Bruce Melodie ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo yitwa Pom Pom, iri mu ziharawe muri iyi minsi.
28 January 2026 Yasuwe: 246 0

Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element

Davis D yahishuye ko umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element ushingiye ku kuba uyu musore utunganya indirimbo z’abandi bahanzi atarigeze yubahiriza amasezerano bagiranye mu myaka ibiri ishize.
28 January 2026 Yasuwe: 260 0

Abaturage basabwe kwirinda kwiherera mu gasozi

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko utugari 1.013 two mu turere two mu Rwanda cyane cyane udukora ku bishanga, tugaragaramo indwara zo mu nda na ‘Bilharziose’, iboneraho gusaba...
28 January 2026 Yasuwe: 252 0

U Rwanda rwakiriye abarwanyi 15 ba FDLR n’abo mu miryango yabo

Leta y’u Rwanda yakiriye abarwanyi 15 b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na 19 bo mu miryango yabo, baturutse mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
28 January 2026 Yasuwe: 352 0

Rusizi: Imvura yangije hegitari zirenga 80 zihinzeho umuceri

Abayobozi ba Koperative z’abahinzi b’umuceri bakorera mu gishanga cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bavuga ko nubwo igikorwa cyo kubarura ubuso bwangijwe n’imvura idasanzwe kitararangira, bamaze...
28 January 2026 Yasuwe: 253 0