Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko yahaze amabwiriza aturuka i Washington D.C, mu gihe agihanganye no kongera guhuza abatuye iki gihugu nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe...
Lowell Fillmore wamamaye nka "Sly" Dunbar kubera ubuhanga bwe mu kuvuza ingoma, ndetse akaba yaracurangiye ibyamamare nka Bob Marley na The Rolling Stones, yitabye Imana ku myaka 73, azize uburwayi.
Abahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana neza hagati y’umugabo n’umugore ari imwe mu mpamvu nyamukuru zitera gatanya kubashakanye.
Kera kabaye, Kanye West yashyize yemera ko yaranzwe no guhuzagurika mu mitekerereze, mu ngiro no mu migirire. Kanye West yasabye imbabazi ariko abuza abantu kumugirira impuhwe ahubwo abasaba ko...
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin irimo byinshi abakunda inkuru zo mu Butabera bakwiriye kumenya. Ni ndende cyane ariko urebye hari abakobwa bari muri iyo dosiye akurikiranyweho kubasambanya...
Leta y’u Rwanda ihagarariwe n’Intumwa Nkuru yayo, Minisitiri Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yajyanye u Bwongereza mu rukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwo mu Buholandi, irusaba kubutegeka kwishyura arenga...