skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

KABAGIRE Nikole yasabye guhindurirwa amazina akitwa KIREZI Nikole

Turamenyesha ko Uwitwa KABAGIRE Nikole yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa KIREZI Nikole mu bitabo byirangamimerere.
28 January 2026 Yasuwe: 363 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA Emmanuel ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
27 January 2026 Yasuwe: 375 0

U Rwanda rwareze u Bwongereza rusaba indishyi ku masezerano atarubahirijwe

U Rwanda rwatangaje ko rwareze u Bwongereza rusaba indishyi zirenga miliyoni 50 z’amapawundi (£50m), nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, ahagaritse amasezerano...
27 January 2026 Yasuwe: 506 0

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela arambiwe guhabwa amabwiriza na Amerika

Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko yahaze amabwiriza aturuka i Washington D.C, mu gihe agihanganye no kongera guhuza abatuye iki gihugu nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe...
27 January 2026 Yasuwe: 716 0

Sly Dunbar wacurangiye Bob Marley na Peter Tosh yapfuye

Lowell Fillmore wamamaye nka "Sly" Dunbar kubera ubuhanga bwe mu kuvuza ingoma, ndetse akaba yaracurangiye ibyamamare nka Bob Marley na The Rolling Stones, yitabye Imana ku myaka 73, azize uburwayi.
27 January 2026 Yasuwe: 325 0

Abahanga basaba abakundana kwitegura no kumenyana neza mbere yo kubana mu gihe gatanya zikomeje kwiyongera

Abahanga mu by’imibanire y’abantu n’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko kwitegura nabi no kutamenyana neza hagati y’umugabo n’umugore ari imwe mu mpamvu nyamukuru zitera gatanya kubashakanye.
27 January 2026 Yasuwe: 282 0

Ku bo nababaje bose! Ibaruwa ifunguye ya Kanye West yisegura

Kera kabaye, Kanye West yashyize yemera ko yaranzwe no guhuzagurika mu mitekerereze, mu ngiro no mu migirire. Kanye West yasabye imbabazi ariko abuza abantu kumugirira impuhwe ahubwo abasaba ko...
27 January 2026 Yasuwe: 342 0

Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko

Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin irimo byinshi abakunda inkuru zo mu Butabera bakwiriye kumenya. Ni ndende cyane ariko urebye hari abakobwa bari muri iyo dosiye akurikiranyweho kubasambanya...
27 January 2026 Yasuwe: 1706 0

Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw

Polisi ikorera mu Karere ka Nyaruguru yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwiba umuturage asaga miliyoni 6 Frw, nyuma yo gucukura inzu ye.
27 January 2026 Yasuwe: 364 0

U Rwanda rwajyanye u Bwongereza mu rukiko kubera guhagarika amasezerano y’abimukira

Leta y’u Rwanda ihagarariwe n’Intumwa Nkuru yayo, Minisitiri Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yajyanye u Bwongereza mu rukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza rwo mu Buholandi, irusaba kubutegeka kwishyura arenga...
27 January 2026 Yasuwe: 342 0