skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
30 January 2026 Yasuwe: 289 0

Nyagatare: Abacuruza inyama babangamiwe no kutagira imiyoboro itwara amazi mabi

Abafite inzu zicururizwamo inyama mu isoko rya Nyagatare bavuga ko babangamiwe n’umwanda uterwa n’amazi ava aho bakorera atarateganyirijwe inzira ziyasohora mu isoko bagasaba ko hakorwa imiferege...
30 January 2026 Yasuwe: 154 0

Melodie yahakanye ibyo kwishyura Diamond Miliyoni 70 Frw ngo bakorane ‘Pom Pom’

Bruce Melodie uri muri Tanzania mu ruzinduko rwo gukora umuziki we by’umwihariko kumenyekanisha indirimbo Pom Pom aheruka gukorana n’abarimo Diamond Platinumz uvuka muri icyo gihugu, yateye utwatsi...
30 January 2026 Yasuwe: 174 0

TI-Rwanda yatamaje abaganga baka ruswa y’igitsina abagore batagira abagabo

Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’u Rwanda (TI-Rwanda), watangaje ko mu rwego rw’ubuzima hakigaragara ibyuho bya ruswa, by’umwihariko ruswa y’igitsina n’iy’amafaranga,...
30 January 2026 Yasuwe: 274 0

Perezida wa Togo Faure Gnassingbé yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi

Mu ijoro ryo ku wa 29 Mutarama 2026, Perezida w’Inama y’Igihugu ya Repubulika ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi.
30 January 2026 Yasuwe: 224 0

Trump ntiyishimiye umubano u Bwongereza bushaka kugirana n’u Bushinwa

Donald Trump yavuze ko u Bwongereza buri gukina n’umuriro nyuma y’uko butangaje ko buri mu nzira yo kugirana imikoranire ya hafi n’u Bushinwa, igihugu kidacana uwaka na Amerika.
30 January 2026 Yasuwe: 183 0

Rugahango: Yafashwe akwirakwiza ibiro bibiri by’urumogi

Umugabo w’imyaka 43 wo mu murenge wa Bweramana Akagari ka Rubona Umudugudu wa Masambu, Akarere ka Ruhango, yatawe muri yombi akekwaho gucuruza kuranguza, gukwirakwiza no gukoresha ibiyobyabwenge...
29 January 2026 Yasuwe: 301 0

Nicki Minaj yavuze ko ntawe umurusha gukunda Trump

Ku wa 28 Mutarama 2026, Nicki Minaj yatangarije Isi urwo akunda Perezida Donald Trump, avuga ko “ashobora kuba ari we mukunzi we wa mbere.”
29 January 2026 Yasuwe: 275 0

Nyabihu: Umuhanda Bigogwe– Arusha wahinduye ubuzima bw’abahinzi n’aborozi

Abaturage bo mu nzuri za Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko bishimira umuhanda wa kaburimbo Bigogwe–Arusha wabazaniye impinduka zikomeye mu mibereho yabo, by’umwihariko...
29 January 2026 Yasuwe: 256 0

MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindurirwa amazina akitwa NIYIGENA Abdulhakimu

Turamenyesha ko Uwitwa MBARAGA Abdulhaakim yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NIYIGENA Abdulhakimu mu bitabo byirangamimerere.
29 January 2026 Yasuwe: 274 0