Mu ijoro ryo ku wa 29 Mutarama 2026, Perezida w’Inama y’Igihugu ya Repubulika ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’akazi.
Donald Trump yavuze ko u Bwongereza buri gukina n’umuriro nyuma y’uko butangaje ko buri mu nzira yo kugirana imikoranire ya hafi n’u Bushinwa, igihugu kidacana uwaka na Amerika.
Umugabo w’imyaka 43 wo mu murenge wa Bweramana Akagari ka Rubona Umudugudu wa Masambu, Akarere ka Ruhango, yatawe muri yombi akekwaho gucuruza kuranguza, gukwirakwiza no gukoresha ibiyobyabwenge...
Abaturage bo mu nzuri za Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko bishimira umuhanda wa kaburimbo Bigogwe–Arusha wabazaniye impinduka zikomeye mu mibereho yabo, by’umwihariko...