Mu gitondo cyo ku wa Gatatu, tariki 4 Gashyantare 2026, nibwo abakozi batatu b’Akarere ka Rubavu barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyundo, Nyaransengiyumva Monique n’Umuhuzabikorwa...
Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yavuze ko Taiwan ari ikibazo cy’ingenzi cyane ku mubano w’u Bushinwa na Amerika, bityo ko Amerika igomba kwitondera kugurisha intwaro kuri iki kirwa.
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko amaraso yo mu mihango y’umugore ashobora kwifashishwa mu gupima kanseri y’inkondo y’umura ikunze kwibasira abagore.
Umutwe witwaje intwaro bikekwa ko ari uw’abahezanguni b’Abayisilamu wagabye ibitero mu duce tubiri muri Leta ya Kwara muri Nigeria, bihitana abantu 162.