skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga byinshi muri Gashyantare 2026

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Gashyantare 2026, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hejuru y’impuzandengo y’isanzwe igwa muri uku kwezi.
6 February 2026 Yasuwe: 251 0

Davido yazinutswe Grammy Award

Umuhanzi wo muri Nigeria Davido yababajwe bikomeye n’ukuntu Tyla yamutwaye igihembo muri Grammy iheruka.
6 February 2026 Yasuwe: 212 0

Rubavu: Icukumbura ku bibazo byatumye abarimo Gitifu w’umurenge bakurwa mu kazi

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu, tariki 4 Gashyantare 2026, nibwo abakozi batatu b’Akarere ka Rubavu barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyundo, Nyaransengiyumva Monique n’Umuhuzabikorwa...
6 February 2026 Yasuwe: 252 0

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yibukije Amerika kwitondera guha intwaro Taiwan

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yavuze ko Taiwan ari ikibazo cy’ingenzi cyane ku mubano w’u Bushinwa na Amerika, bityo ko Amerika igomba kwitondera kugurisha intwaro kuri iki kirwa.
5 February 2026 Yasuwe: 255 0

Ubukungu bwarazamutse, ishoramari n’ihangwa ry’imirimo biriyongera: Ibyo u Rwanda rumaze kugeraho muri NST2

Mu mwaka wa 2024/2025 ni bwo u Rwanda rwatangiye gushyira mu bikorwa gahunda ya kabiri y’imyaka itanu yo kwihutisha iterambere NST2.
5 February 2026 Yasuwe: 177 0

Kanseri y’inkondo y’umura ishobora gupimirwa ku mihango- Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko amaraso yo mu mihango y’umugore ashobora kwifashishwa mu gupima kanseri y’inkondo y’umura ikunze kwibasira abagore.
5 February 2026 Yasuwe: 234 0

Musanze: Harifuzwa ko inyubako za Leta zavugururwa zikajyana n’icyerekezo

Igikorwa cyo kuvugurura Umujyi wa Musanze gikomeje gushimwa n’abaturage n’abashoramari, bavuga ko kiri gutuma uyu mujyi urushaho kuba mwiza, ukeye kandi ujyanye n’igihe. Gusa, bamwe muri bo...
5 February 2026 Yasuwe: 247 0

Ruhango: Hari kubakwa umuhanda Kibingo-Karambo-Buhoro

Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Kibingo-Karambo-Buhoro w’uburebure bwa kilometero 4,5 irakomeje, ukaba witezweho guteza imbere ibikorwaremezo mu Mujyi wa Ruhango.
5 February 2026 Yasuwe: 222 0

Ibiganiro bya Iran na Amerika byimuriwe muri Oman

Amerika na Iran byemeranyije ko ibiganiro biteganyijwe hagati y’impande zombi bizabera muri Oman, nubwo hataremeranywa ku ngingo zizaganirwaho.
5 February 2026 Yasuwe: 161 0

Nigeria: Igitero cy’abitwaje intwaro cyahitanye abarenga 160

Umutwe witwaje intwaro bikekwa ko ari uw’abahezanguni b’Abayisilamu wagabye ibitero mu duce tubiri muri Leta ya Kwara muri Nigeria, bihitana abantu 162.
5 February 2026 Yasuwe: 146 0