Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, baratabariza imiryango iba mu nzu zishaje, zifite ibisenge by’amabati yatobaguritse n’inkuta.
Umugabo witwa Sindayiheba Jean de Dieu, wo Mataba Umurenge wa Nkungu,Akarere ka Rusizi ari guhigishwa uruhindu akekwaho kwica umugore we amuziza ko yatije iwabo isuka.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye abarangije amasomo muri Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi n’Ubuzima Rusange ya UGHE [University of Global Health Equity] ko umuhate n’ubwitange...
Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC, Wazalendo n’Abarundi byahitanye...
Imyigaragambyo mu Mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota muri Amerika yakajije umurego nyuma y’uko uwitwa Alex Pretti w’imyaka 37 yishwe arashwe n’Urwego rw’umutekano rushinzwe abimukira (ICE)...