Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko yakuyeho umusoro yari yashyiriyeho ibihugu by’i Burayi byitambitse umugambi we wo kwigarurira ikirwa cya Greenlad, kuko hari ibyo yumvikanyeho na OTAN.
Abantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke barimo na nyir’akabari batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Nkurikiyumukiza Daniel w’imyaka 44, wasanzwe imbere y’akabari yapfuye.
Umuhanzi Muneza Christopher yagaragaje ko yagowe no kwakira urupfu rwa nyina, akavuga ko yahisemo kugumana icyo gikomere aho kubyiyibagiza kuko bisa nko kwibagirwa umubyeyi we.
Abasenateri bari gusura ibikorwa by’ubworosi mu Karere ka Nyagatare, bagaragarijwe imbogamizi zikizituye iterambere ry’ubworozi bahereye ku buke bw’ibikorwa remezo by’ibiryo by’amatungo, biri mu...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwoherereje Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika urutonde rw’amabuye y’agaciro Abanyamerika bazajya bacukura,...