Abana barenga 71.000 mu turere twose tw’Igihugu bamaze gusubizwa mu ishuri binyuze mu mushinga witwa ‘Zero Out of School: Abana bose bige’ wa Minisiteri y’Uburezi ushyirwa mu bikorwa n’umuryango...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko adakeneye mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron mu kanama kashyiriweho kongera kubaka Gaza, kuko ngo n’ubundi ari hafi kuva ku butegetsi.
Abaturage bubatse inzu z’abatishoboye mu Mudugudu wa Bikingi, uherereye mu Murenge wa Bigogwe, Akagari ka Kijote, mu Karere ka Nyabihu, baravuga ko bamaze amezi atandatu badahembwa amafaranga...
Umunyabigwi muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), LeBron James, ntabwo ari mu bakinnyi bazabanza mu kibuga mu mukino w’intoranywa [NBA All-Star Game], ibintu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin, ko yajya muri komite izakurikirana ibikorwa byo kongera kubaka intara ya Gaza muri...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Tiwa Savage yatangaje ko atigeze yishimira kubyara umuhungu we, ndetse ko yanarize igihe bamubwiraga ko azamubyara aho kuba umukobwa kuko ngo yakuze ari byo yifuza.
Abanyamulenge babaga mu Mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahungiye muri Santere ya Kamanyola muri Teritwari ya Walungu nyuma y’aho abarwanyi...