Jamaica yakiriye itsinda ry’abasirikare bashinzwe ubwubatsi bo mu Ngabo z’u Rwanda ryoherejweyo gufasha mu bikorwa byo gusana no gusubiza ku murongo ibikorwaremezo byangijwe n’ibiza.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi, by’umwihariko abatuye mu Mutete, Akarere ka Gicumbi, bavuga ko bahangayikishijwe n’iyaduka ry’inzoga y’inkorano yitwa Magwingi, ifatwa nk’ikiyobyabwenge...
Abahinzi bo mu Karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika, bavuga ko ubuhinzi bw’amasaka bukorwa mu buryo bwa kijyambere bwabagiriye akamaro kanini, bubakura mu bukene, bubaha umusaruro mwinshi...
Ubutegetsi bwa Donald Trump bwafashe umwanzuro wo guharika by’agateganyo gutanga Visa z’abimukira, ni ukuvuga abantu bashaka gutura muri Amerika mu gihe kirekire, baturutse mu bihugu 75 birimo n’u...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri...