skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Hari gushakwa umuti urambye w’abacomora ‘Speed governor’

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu ngenzuramikorere (RURA), hari gushakwa umuti urambye w’abashoferi bacomora ‘speed governor’ bagamije kurenza umuvuduko wagenwe.
12 January 2026 Yasuwe: 298 0

Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize kugeza mu 2024, abantu 54.287 basanzwemo Virusi itera Sida, abo mu Mujyi wa Kigali n’abo mu Ntara...
12 January 2026 Yasuwe: 368 0

Iran: Abantu 65 bapfiriye mu myigaragambyo, abarenga 2300 barafungwa

Impirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zatangaje ko imyigaragambyo imaze ibyumweru bibiri ibera muri Iran yapfiriyemo abantu 65, abarenga 2300 batabwa muri yombi.
10 January 2026 Yasuwe: 503 0

Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400

Ikigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu asubira kuzikoresha muri saloon, aho nibura zishobora guhindurwa mu mabara 400.
10 January 2026 Yasuwe: 390 0

The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku rukundo bamweretse mu bihe yise ibikomeye.
10 January 2026 Yasuwe: 390 0

IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu rugendo akomeje kugirira mu Rwanda nyuma yo kuhagera mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 10...
10 January 2026 Yasuwe: 511 0

‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye

Indege y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe Ubumwe za Amerika yiswe iy’imperuka, yagaragaye mu ruhame bwa mbere mu myaka 53 ishize.
10 January 2026 Yasuwe: 3759 0

Nyamasheke: Pasiteri yagiye koga mu kiyaga cya Kivu kiramuhitana

Mu Mudugudu wa Muhavu,Akagali ka Mubuga,Umurenge wa Gihombo,Akarere ka Nyamasheke,haravugwa urupfu rwa pasiteri Iradukunda Elie wo mu itorero EMLR Conference ya Kigali, wagiye koga mu kiyaga cya...
10 January 2026 Yasuwe: 702 0

NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, cyafashe umwanzuro wo kugarura ku Isi hakiri kare itsinda ry’abashakashatsi bari mu isanzure nyuma y’uko hagaragaye ikibazo...
10 January 2026 Yasuwe: 370 0

Trump yongeye kwihakana igitekerezo cyo kubabarira P. Diddy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera utwatsi ibyifuzo byo kubabarira Umuraperi Sean Combs wamamaye nka P. Diddy, avuga ko bitari mu byo atekereza muri iki gihe.
10 January 2026 Yasuwe: 310 0