Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize kugeza mu 2024, abantu 54.287 basanzwemo Virusi itera Sida, abo mu Mujyi wa Kigali n’abo mu Ntara...
Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu rugendo akomeje kugirira mu Rwanda nyuma yo kuhagera mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 10...
Mu Mudugudu wa Muhavu,Akagali ka Mubuga,Umurenge wa Gihombo,Akarere ka Nyamasheke,haravugwa urupfu rwa pasiteri Iradukunda Elie wo mu itorero EMLR Conference ya Kigali, wagiye koga mu kiyaga cya...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, cyafashe umwanzuro wo kugarura ku Isi hakiri kare itsinda ry’abashakashatsi bari mu isanzure nyuma y’uko hagaragaye ikibazo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutera utwatsi ibyifuzo byo kubabarira Umuraperi Sean Combs wamamaye nka P. Diddy, avuga ko bitari mu byo atekereza muri iki gihe.