skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ingagi yo muri Pariki ya Virunga yabyaye impanga

Ingagi yo muri Pariki ya Virunga muri Repubulika Iharanira Demokarasi yabyaye impanga z’ingabo, ibintu bidakunze kugaragara kuri ibi binyabuzima.
9 January 2026 Yasuwe: 433 0

Abagore barenga ibihumbi 83 babyaye babazwe mu Rwanda

Abagore barenga ibihumbi 83 mu bagore barenga ibihumbi 336 babyaye mu 2024 babyaye babazwe, umubare munini baherwa iyi serivisi mu bitaro by’uturere.
9 January 2026 Yasuwe: 407 0

Minisitiri Nduhungirehe ashinja impuguke za Loni kubogamira ku mutwe wa FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashinje impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kubogamira ku mutwe w’iterabwoba wa FDLR ufashwa n’ubutegetsi bwa...
8 January 2026 Yasuwe: 557 0

U Budage bwashinje USA ubujura no gusenya amategeko y’Isi

Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump ishaka gushyira Isi mu kavuyo, agaragaza ko Isi...
8 January 2026 Yasuwe: 836 0

Umukozi w’Ibiro by’abinjira n’abasohoka muri USA yishe umuntu biteza imyigaragambyo

Imyigaragambyo yadutse mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umukozi w’Ibiro bishinzwe Abinjira n’Abasohoka,(ICE) yishe arashe umugore...
8 January 2026 Yasuwe: 589 0

U Bwongereza bwafashije Amerika gufata ubwato bw’u Burusiya butwara peteroli

Minisiteri y’Ingabo y’u Bwongereza, yatangaje ko yafashije ingabo za Amerika mu gikorwa cyo gufata ubwato butwara peteroli bwari bufite ibendera ry’u Burusiya.
8 January 2026 Yasuwe: 518 0

Umutoza wa Tottenham wanywereye ikawa mu gikombe cya Arsenal yateje induru

Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi ku buryo yabikora kandi yabibonye.
8 January 2026 Yasuwe: 363 0

Tennis: Aryna Sabalenka ntazakina amwe mu marushanwa ya 2026

Nimero ya mbere ku Isi muri Tennis y’abagore, Aryna Sabalenka, yatangaje ko amarushanwa menshi ateganyijwe mu 2026 atazayakina kugira ngo arengere ubuzima bwe.
8 January 2026 Yasuwe: 227 0

Icyamamare IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda

Umunyamakuru wo ku mbuga nkoranyambaga bizwi (livestreamer) Darren Jason Watkins Jr., uzwi ku rwego mpuzamahanga nka IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda aho azanywe n’agahunda y’ubukerarugendo birimo...
8 January 2026 Yasuwe: 242 0

Trump ateganya gusohora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu miryango mpuzamahanga 35 no mu mashami 31 ya Loni.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Amerika igiye kuva mu miryango mpuzamahanga myinshi no mu nzego z’Umuryango w’Abibumbye, kuko yakoraga mu buryo bunyuranyije...
8 January 2026 Yasuwe: 284 0