Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yagaragaje ko atishimiye politiki ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump ishaka gushyira Isi mu kavuyo, agaragaza ko Isi...
Imyigaragambyo yadutse mu mujyi wa Minneapolis muri Leta ya Minnesota, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umukozi w’Ibiro bishinzwe Abinjira n’Abasohoka,(ICE) yishe arashe umugore...
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi ku buryo yabikora kandi yabibonye.
Umunyamakuru wo ku mbuga nkoranyambaga bizwi (livestreamer) Darren Jason Watkins Jr., uzwi ku rwego mpuzamahanga nka IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda aho azanywe n’agahunda y’ubukerarugendo birimo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Amerika igiye kuva mu miryango mpuzamahanga myinshi no mu nzego z’Umuryango w’Abibumbye, kuko yakoraga mu buryo bunyuranyije...