Umunyamakuru wo ku mbuga nkoranyambaga bizwi (livestreamer) Darren Jason Watkins Jr., uzwi ku rwego mpuzamahanga nka IshowSpeed ategerejwe mu Rwanda aho azanywe n’agahunda y’ubukerarugendo birimo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Amerika igiye kuva mu miryango mpuzamahanga myinshi no mu nzego z’Umuryango w’Abibumbye, kuko yakoraga mu buryo bunyuranyije...
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko yarashe uwitwa Dukuzumuremyi Eric, wakekwagaho ubujura no kwica umumotari wakoreraga mu karere ka Kirehe.
Habimana Emmanuel wo mu Karere ka Karongi yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’umugezi ubwo yari avuye mu kabari atashye.
Byabereye mu Mudugudu wa Cyamakamba, mu Kagari ka Murengezo Umurenge wa...
Abantu batandatu bo mu Bufaransa, Bosnia na Herzegovina bahitanywe n’impanuka zaturutse ku bukonje budasanzwe bwibasiye ibi bihugu n’ibindi by’i Burayi, ndetse butuma ingendo z’indege zihagarikwa.
Iyi ni yo foto ya mbere ya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’igihe gito afashwe mu gitero cy’ingabo za Amerika. Ni ifoto itazava mu mitwe y’abatari...