skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

U Rwanda na Oman byagiranye amasezerano ane y’ubufatanye

Guverinoma ya Oman yatangaje ko uruzinduko intumwa z’u Rwanda zagiriye muri Oman rwasize ibihugu byombi bigiranye amasezerano ane y’imikoranire mu nzego zitandukanye, cyane cyane ibijyanye...
12 January 2026 Yasuwe: 325 0

Yapfiriye mu mpanuka y’indege amaze iminsi mike abirose

Umuhanzi w’icyamamare muri Colombia, Yeison Jiménez, yapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye ku wa Gatandatu tariki 10 Mutarama 2026, nyuma y’iminsi atangaje ko yarose yapfuye muri ubwo buryo.
12 January 2026 Yasuwe: 926 0

U Bufaransa n’u Bwongereza byashinjwe kuganisha u Burayi mu manga

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Hongrie, Peter Szijjarto, yavuze ko u Bwongereza n’u Bufaransa bishobora gukururira ibihugu byo mu Burayi intambara ikomeye n’u Burusiya kubera gahunda yabyo yo...
12 January 2026 Yasuwe: 539 0

Hari gushakwa umuti urambye w’abacomora ‘Speed governor’

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu ngenzuramikorere (RURA), hari gushakwa umuti urambye w’abashoferi bacomora ‘speed governor’ bagamije kurenza umuvuduko wagenwe.
12 January 2026 Yasuwe: 298 0

Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize kugeza mu 2024, abantu 54.287 basanzwemo Virusi itera Sida, abo mu Mujyi wa Kigali n’abo mu Ntara...
12 January 2026 Yasuwe: 368 0

Iran: Abantu 65 bapfiriye mu myigaragambyo, abarenga 2300 barafungwa

Impirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zatangaje ko imyigaragambyo imaze ibyumweru bibiri ibera muri Iran yapfiriyemo abantu 65, abarenga 2300 batabwa muri yombi.
10 January 2026 Yasuwe: 503 0

Hakozwe inzara zishobora guhindurwa mu mabara 400

Ikigo cya iPolish gikora inzara, cyakoze inzara zishobora guhindurirwa ibara bidasabye ko umuntu asubira kuzikoresha muri saloon, aho nibura zishobora guhindurwa mu mabara 400.
10 January 2026 Yasuwe: 390 0

The Ben yashimiye abakunzi be babanye na we mu bihe ‘bikomeye’

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yageneye abakunzi b’umuziki we ubutumwa bw’ishimwe ku rukundo bamweretse mu bihe yise ibikomeye.
10 January 2026 Yasuwe: 390 0

IShowSpeed yasuye ingagi mu Birunga

Umunyamerika Darren Jason Watkins Jr. wamamaye nka IShowSpeed, yasuye ingagi mu Birunga mu rugendo akomeje kugirira mu Rwanda nyuma yo kuhagera mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 10...
10 January 2026 Yasuwe: 511 0

‘Indege y’Imperuka’ ya Amerika yatunguranye

Indege y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe Ubumwe za Amerika yiswe iy’imperuka, yagaragaye mu ruhame bwa mbere mu myaka 53 ishize.
10 January 2026 Yasuwe: 3383 0