Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza ko ashaka komeka ikirwa cya Greenland ku gihugu cye kubera impamvu yise iz’umutekano.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abagabo bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikamenyekana bavuye kuri 349 mu 2023 bagera kuri 2748 mu 2024.
Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yirukanye Rúben Amorim wari Umutoza Mukuru wayo kubera umusaruro muke iyi kipe yari imaranye igihe muri Shampiyona y’u Bwongereza.
Tariki ya 17 Mutarama 2026, Leta ya Togo iteganya kuyobora inama yo ku rwego rwo hejuru izaba igamije gusubukura ibiganiro by’amahoro bihuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umunyamerika David McGowan, umenyerewe mu gutunganya filime mbarankuru, yiyemeje gutanga umusanzu we mu kubungabunga inyamaswa abinyujije mu kwigisha ababana na zo umunsi ku wundi gufotora uko...
Mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Cyabararika, Umurenge Muhoza, yatabajwe kugira...