Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, arateganya guhura na mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku Cyumweru muri Florida, mu biganiro bigamije kugera ku masezerano y’amahoro...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije na Wazalendo byahanganiye bikomeye muri santere ya Makabola muri teritwari ya Fizi mbere yo kwinjira mu munsi mukuru wa Noheli.
Filime nshya ya James Cameron, “Avatar: Fire and Ash”, ikomeje kwandika amateka mashya muri sinema nyuma yo kwinjiza miliyoni 450$ mu cyumweru kimwe gusa isohotse.
U Burusiya burateganya ko mu myaka icumi iri imbere, buzashyira ku kwezi uruganda rutunganya amashanyarazi rukoresha ingufu za nucléaire, ruzabufasha mu bikorwa by’ubushakashatsi.