Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yashyizwe ku rutonde rw’umwaka wa 2025 rw’abayobozi 100 bagize uruhare rukomeye mu gukumira, kuvura no kurwanya kanseri binyuze mu gutanga ubumenyi...
Abasirikare b’u Burundi bakiri kwinjira rwihishwa mu muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo batangiye kutumvikana ku kwambara impuzankano ya FARDC, nk’amayeri yo guhisha ko bakiri...
Umuraperi wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda, Ndayishimiye Mark Bertrand uzwi nka Bull Dogg, yatangaje ko itsinda rya Tuff Gang rigeze kure imyiteguro yo gusohora Album bahuriyeho, izumvikanaho...