Komisiyo ishinzwe iperereza mu Burusiya yatangaje ko Lt Gen Fanil Sarvarov wari mu basirikare bakuru muri iki gihugu, yaguye mu gitero cyagabwe i Moscow kuri uyu wa Mbere.
Lt Gen Fanil Sarvarov...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko atemera ko ingabo z’igihugu cye zatsinzwe n’ihuriro AFC/M23 mu rugamba rwabereye muri teritwari ya Uvira mu...
France Mpundu umaze iminsi muri Côte d’Ivoire aho ari mu bikorwa binyuranye n’umukunzi we Moctar, yakoranye indirimbo na Paulo Chakal uri mu bahanzi bagezweho muri iki gihugu.
Umunyarwenya n’umukinnyi wa filime w’Umunyamerika Pete Davidson na Elsie Hewitt usanzwe amurika imideli akabifatanya no gukina filime, bibarutse imfura y’umukobwa.
Imyaka 25 irashize u Rwanda rugendera kuri politiki yo kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage. Iyi Politiki yatangiye kumvikana mu mwaka wa 2000 aho bwa mbere abaturage bagize uruhare mu gutora...
Ubuyobozi bwa TikTok bwatangaje ko bwasinye amasezerano y’ubufatanye n’abashoramari azafasha uru rubuga gukomeza imikorere yarwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kurwanya iby’uko u Bushinwa...