skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Général w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow

Komisiyo ishinzwe iperereza mu Burusiya yatangaje ko Lt Gen Fanil Sarvarov wari mu basirikare bakuru muri iki gihugu, yaguye mu gitero cyagabwe i Moscow kuri uyu wa Mbere. Lt Gen Fanil Sarvarov...
22 December 2025 Yasuwe: 968 0

Tshisekedi ntiyemera ko ingabo za RDC zatsindiwe muri Uvira

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko atemera ko ingabo z’igihugu cye zatsinzwe n’ihuriro AFC/M23 mu rugamba rwabereye muri teritwari ya Uvira mu...
22 December 2025 Yasuwe: 846 0

U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu 160 baturutse muri Zimbabwe

U Rwanda rugiye kwakira abandi barimu b’inzobere 160 baturutse muri Zimbabwe binyuze mu masezerano yo guhana abarimu hagati y’ibihugu byombi.
21 December 2025 Yasuwe: 365 0

Umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga yageze mu isanzure

Michaela Benthaus ukomoka mu Budage yabaye umuntu wa mbere ugendera mu igare ry’abafite ubumuga, ugeze mu isanzure.
21 December 2025 Yasuwe: 452 0

France Mpundu yakoranye indirimbo na Paulo Chakal ugezweho muri Côte d’Ivoire

France Mpundu umaze iminsi muri Côte d’Ivoire aho ari mu bikorwa binyuranye n’umukunzi we Moctar, yakoranye indirimbo na Paulo Chakal uri mu bahanzi bagezweho muri iki gihugu.
20 December 2025 Yasuwe: 490 0

Pete Davidson na Elsie Hewitt bibarutse imfura

Umunyarwenya n’umukinnyi wa filime w’Umunyamerika Pete Davidson na Elsie Hewitt usanzwe amurika imideli akabifatanya no gukina filime, bibarutse imfura y’umukobwa.
20 December 2025 Yasuwe: 469 0

Minisitiri Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na Lavrov w’u Burusiya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, baganiriye ku kwagura ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
20 December 2025 Yasuwe: 652 0

Umusaruro w’ubuyobozi bwegerejwe abaturage mu myaka 25

Imyaka 25 irashize u Rwanda rugendera kuri politiki yo kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage. Iyi Politiki yatangiye kumvikana mu mwaka wa 2000 aho bwa mbere abaturage bagize uruhare mu gutora...
19 December 2025 Yasuwe: 293 0

TikTok yasinye amasezerano azatuma idahagarikwa muri Amerika

Ubuyobozi bwa TikTok bwatangaje ko bwasinye amasezerano y’ubufatanye n’abashoramari azafasha uru rubuga gukomeza imikorere yarwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kurwanya iby’uko u Bushinwa...
19 December 2025 Yasuwe: 356 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
19 December 2025 Yasuwe: 460 0