skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko abana batatu bari munsi y’imyaka 15 bakurikiranyweho gutwika Stade ya Factory Field nyuma y’uko ikipe bafana ihakinira ya...
12 December 2025 Yasuwe: 699 0

Amerika yafatiye Venezuela ibihano bishya

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakomanyirije sosiyete esheshatu z’ubwikorezi zo muri Venezuela n’ubwato bwazo butandatu, nk’uburyo bw’igitutu iki gihugu cy’igihangage gikomeje gushyira kuri Perezida...
12 December 2025 Yasuwe: 617 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KAGAME K. Festo aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo wimukanwa
12 December 2025 Yasuwe: 626 0

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 300 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
11 December 2025 Yasuwe: 621 0

Depite Mukabalisa yabonye undi mudali wa zahabu mu mikino y’Inteko za EAC

Depite Mukabalisa Germaine yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa ku maguru mu ntera ya metero 800 mu marushanwa ahuza Abadepite n’Abasenateri bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika...
11 December 2025 Yasuwe: 729 0

Trump yifatiye ku gahanga CNN ashaka ko igurishwa

Perezida Donald Trump yongeye kuvuga ko yifuza ko televiziyo ya CNN akunda gushinja guhakwa ku ba-Democrates no kuba “umwanzi w’abaturage”, ihindurirwa ba nyirayo mu gihe sosiyete ibarizwamo ya...
11 December 2025 Yasuwe: 433 0

Ibyakurikiye andi masezerano u Rwanda rwagiranye na RDC mu myaka 23 ishize

Mu myaka 23 ishize, Paul Kagame na Joseph Kabila Kabange bashyize umukono ku masezerano y’amahoro y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashoboraga kuba yarafashije akarere kugira...
11 December 2025 Yasuwe: 662 0

U Rwanda na Pologne mu biganiro byo kwagura ishoramari

U Rwanda na Pologne byagiranye ibiganiro byo ku rwego rw’abaminisitiri bigamije gushimangira umubano w’impande zombi mu nzego zitandukanye.
11 December 2025 Yasuwe: 354 0

Elon Musk yicuza igihe yamaze mu buyobozi bwa Trump

Elon Musk yavuze ko iminsi isubiye inyuma atakwemera kongera kuyobora Urwego rushinzwe kugabanya amafaranga Leta ikoresha (DOGE).
11 December 2025 Yasuwe: 541 0

Amerika igiye guha Ukraine inkuga y’igisirikare ya miliyoni 800$

Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari y’ingabo, riteganya ko Ukraine izahabwa miliyoni 800$ yo kuyifasha mu bya gisirikare kugeza mu...
11 December 2025 Yasuwe: 489 0