Ubwo bari ku rubyiniro mu gitaramo cya Davido cyabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 5 Ukuboza 2025, Juno Kizigenza yatunguranye asoma umunwa ku wundi Ariel Wayz abafana babo induru bayiha umunwa.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko kuva ku itariki 3 kugeza kuri 5 Ukuboza impunzi z’Abanye-Congo zimaze guhungira mu Rwanda zinyuze ku Mupaka wa Bugarama zigeze ku 1.122.
Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwigwizaho imitungo mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko Ingabo za Ukraine zigomba kuva mu gace ka Donbas kari mu burasirazuba bw’iki gihugu, cyangwa u Burusiya bukazagafata ku ngufu.
Umuyapani witwa Cary-Hiroyuki Tagawa wari ufite Ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubw’u Burusiya, wamamaye muri sinema yitabye Imana ku wa 4 Ukuboza 2025 azize uburwayi yari amaranye...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C ashobora kwinjiza u Rwanda mu mushinga w’umuhanda wa gari ya...
Depite Léonard She Okitundu wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2016 kugeza mu 2019, yatangaje ko ubuyobozi bw’iki gihugu bugomba kwigobotora...