Mu gitondo cyo kuri uyu wa 5 Ukuboza 2025, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye ibitero bikomeye ku bice bigenzurwa na AFC/M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida William Ruto wa Kenya, Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo, ndetse na Minisitiri w’Intebe wa Barbados, Mia Amor Mottley.
Kuri sitasiyo ya RIB ya Twumba mu Karere ka Karongi hafungiye Bayikorere Noel w’imyaka 19 na murumuna we Byiringiro Steven, bitewe n’uko Bayikorere yishe se Mushimiyimana Claude w’imyaka 47...
Umuhungu w’umuhanzi Ngarambe François, witwa Ngarambe Rwema Daniel, yageneye se umubyara ubutumwa bwuje amarangamutima ku isabukuru ye amubwira ko ari we rugero rwiza kuri we n’umuryango wabo.
Guhishira, kwimana amakuru, ubuharike, ubusinzi, kutagira umwanya w’umuryango no kutita ku nshingano, ni bimwe mu byagaragajwe n’Abayobozi b’Imidugudu mu Mujyi wa Kigali nk’ibitiza umurindi...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere ko masezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinyira i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025 azatanga...