skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa

Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara bakekwaho ruswa.
29 November 2025 Yasuwe: 1125 0

EU yafashe umwanzuro wo guhagarika inkunga yagenerwaga Tanzania

Umwanzuro usaba EU guhagarika inkunga y’amafaranga yatangwaga kuri leta ya Tanzania, wafashwe ushingiye ku bwicanyi bwakurikiye amatora no ku ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ryabaye hirya no...
28 November 2025 Yasuwe: 1182 0

Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya

Duduzile Zuma-Sambudla, umukobwa wa Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo, yeguye ku mwanya w’Ubudepite nyuma y’amakuru akomeje kuvuga ko yagize uruhare mu kubeshya no kohereza Abanyafurika y’Epfo 17...
28 November 2025 Yasuwe: 673 0

Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha.
28 November 2025 Yasuwe: 1058 0

Iperereza ryakajije umurego ku byegera bya Zelensky bishinjwa ruswa

Inzego zishinzwe kurwanya ruswa muri Ukraine zatangiye gukora iperereza mu nzu ya Andriy Yermak, Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida Volodymyr Zelensky, umaze igihe akekwaho ibyaha bya ruswa.
28 November 2025 Yasuwe: 438 0

CAF yahannye Umurundi Girumugisha wateje imvururu muri Stade Amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yahagaritse rutahizamu w’ikipe ya Al Hilal SC yo mu gihugu cya Sudani, Girumugisha Jean Claude ukomoka mu gihugu cy’u Burundi, imikino...
28 November 2025 Yasuwe: 831 0

Trump yateguje ibitero byo ku butaka ku bacuruza ibiyobyabwenge muri Venezuela

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateguje abasirikare b’iki gihugu ko vuba cyane bazatangira ibikorwa byo ku butaka birwanya abakura ibiyobyabwenge muri Venezuela.
28 November 2025 Yasuwe: 470 0

Sukhoi-25 ya FARDC yarashe ibirindiro bya AFC/M23 muri Masisi na Walikale

Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe ibirindiro by’ihuriro AFC/M23 muri Teritwari ya Walikale na Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
27 November 2025 Yasuwe: 1369 0

Ibihugu bya EU byose byategetswe kwemera isezerano ry’abashakanye bahuje ibitsina

Urukiko rw’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) rwategetse ko ibihugu binyamuryango byose bigomba kwemera no kwandika isezerano ry’abashyingiranywe n’abo bahuje ibitsina kabone nubwo byaba bitemera...
27 November 2025 Yasuwe: 421 0

Brig Gen Denis N’Canha wakuyeho ubutegetsi bwa Guinée-Bissau ni muntu ki?

Ku gicamunsi cyo ku wa 26 Ugushyingo 2025, Umaro Sissoco Embaló wayoboraga Guinée-Bissau kuva mu 2020 yamenyesheje itangazamakuru mpuzamahanga ko yakuwe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe...
27 November 2025 Yasuwe: 947 0