Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara bakekwaho ruswa.
Umwanzuro usaba EU guhagarika inkunga y’amafaranga yatangwaga kuri leta ya Tanzania, wafashwe ushingiye ku bwicanyi bwakurikiye amatora no ku ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu ryabaye hirya no...
Duduzile Zuma-Sambudla, umukobwa wa Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo, yeguye ku mwanya w’Ubudepite nyuma y’amakuru akomeje kuvuga ko yagize uruhare mu kubeshya no kohereza Abanyafurika y’Epfo 17...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na Perezida Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gitaha.
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yahagaritse rutahizamu w’ikipe ya Al Hilal SC yo mu gihugu cya Sudani, Girumugisha Jean Claude ukomoka mu gihugu cy’u Burundi, imikino...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateguje abasirikare b’iki gihugu ko vuba cyane bazatangira ibikorwa byo ku butaka birwanya abakura ibiyobyabwenge muri Venezuela.
Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe ibirindiro by’ihuriro AFC/M23 muri Teritwari ya Walikale na Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ku gicamunsi cyo ku wa 26 Ugushyingo 2025, Umaro Sissoco Embaló wayoboraga Guinée-Bissau kuva mu 2020 yamenyesheje itangazamakuru mpuzamahanga ko yakuwe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe...