skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Umuganda ukwiye kureberwa mu kamaro kawo kurusha mu mafaranga

Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, Inteko rusange ya Sena yagejejweho na Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere raporo ku gikorwa cy’umuganda, mu kungurana ibitekerezo hagaragazwa ko...
25 November 2025 Yasuwe: 189 0

U Rwanda rwasezerewe muri CECAFA U 17 rutarenze amatsinda

Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe n’iya Somalia ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu wo mu itsinda rya mbere, asezererwa muri CECEFA itarenze amatsinda.
24 November 2025 Yasuwe: 463 0

Thailand: Umukecuru "yazutse" ari mu isanduku habura gato ngo umurambo we utwikwe

Umukecuru w’imyaka 65 wo muri Thailand yatunguye abo mu muryango we bari bari mu gahinda bagiye kumushyingura, ubwo yakangukaga agakomanga ku isanduku yari arimo habura akanya gato ngo ajyanwe mu...
24 November 2025 Yasuwe: 879 0

MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne

MUNYANEZA Eugéne yasabye guhindura amazina akitwa RUTAGENGWA Eugéne mu bitabo by’irangamimerere!
24 November 2025 Yasuwe: 336 0

Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko amadeni iki gihugu cyahawe kuva muri Mutarama kugeza tariki ya 30 Kamena 2025 yageze kuri miliyari 14,33 z’Amadolari, kandi ko...
24 November 2025 Yasuwe: 721 0

Junior Giti yagaragaje impamvu Chriss Eazy amaze igihe atagaragara mu muziki

Bugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti uzwi mu gusobanura filimi akaba ari n’umujyanama w’umuhanzi Chriss Eazy yasobanuye impamvu nta ndirimbo y’uyu muhanzi iheruka gushyirwa hanze cyangwa ngo...
24 November 2025 Yasuwe: 481 0

Umukobwa wa Jacob Zuma akurikiranyweho kohereza abacanshuro mu Burusiya

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye gutangiza iperereza ryimbitse ku mukobwa wa Jacob Zuma witwa Duduzile Zuma-Sambudla, n’abandi bantu babiri bakekwaho uruhare mu kohereza...
24 November 2025 Yasuwe: 430 0

DOGE ya Trump na Elon Musk iri mu marembera

DOGE, urwego rwashyizweho na Perezida Trump rugahabwa inshingano zo kugabanya amafaranga akoreshwa mu nzego za Leta rwarasenyutse, mu gihe haburaga amezi umunani ngo manda yarwo irangire.
24 November 2025 Yasuwe: 327 0

Guverinoma ya Tanzania yikomye CNN, BBC na Al Jazeera

Guverinoma ya Tanzania yamaganye CNN n’ibindi binyamakuru mpuzamahanga birimo BBC, Al-Jazeera na Deutsche Welle, ibishinja gutangaza inkuru z’ibinyoma zihabanye n’amahame y’itangazamakuru, bijyanye...
24 November 2025 Yasuwe: 334 0

AFC/M23 ikomeje kwagura ibirindiro byayo muri Walikale

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kwagura ibirindiro byaryo muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru; ahari hasanzwe...
24 November 2025 Yasuwe: 451 0