Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, Inteko rusange ya Sena yagejejweho na Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere raporo ku gikorwa cy’umuganda, mu kungurana ibitekerezo hagaragazwa ko...
Umukecuru w’imyaka 65 wo muri Thailand yatunguye abo mu muryango we bari bari mu gahinda bagiye kumushyingura, ubwo yakangukaga agakomanga ku isanduku yari arimo habura akanya gato ngo ajyanwe mu...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko amadeni iki gihugu cyahawe kuva muri Mutarama kugeza tariki ya 30 Kamena 2025 yageze kuri miliyari 14,33 z’Amadolari, kandi ko...
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye gutangiza iperereza ryimbitse ku mukobwa wa Jacob Zuma witwa Duduzile Zuma-Sambudla, n’abandi bantu babiri bakekwaho uruhare mu kohereza...
DOGE, urwego rwashyizweho na Perezida Trump rugahabwa inshingano zo kugabanya amafaranga akoreshwa mu nzego za Leta rwarasenyutse, mu gihe haburaga amezi umunani ngo manda yarwo irangire.