Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko nta mpungenge afite zo kwemeza ibitero bya gisirikare muri Mexique mu rwego rwo kurwanya amatsinda y’abacuruza ibiyobyabwenge,...
Simbizi Sylvestre w’imyaka 76 wari utuye mu Mudugudu wa Gahisi, Akagari ka Gakenke, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugezi wa Nyirabanda yapfuye, avuye kuvumba inzoga ku...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yatangaje ko Igikombe cya Afurika kizabera muri Afurika y’Iburasirazuba kikazakirwa na Uganda, Kenya na Tanzania, cyashyizwe mu mpeshyi...
Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, washinzwe mu mwaka wa 1970. Kuva icyo gihe, umaze kuyoborwa n’Abanyamabanga bakuru Bane barimo n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ari na we...
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa Kylian Mbappé, yareze Paris Saint-Germain yahoze akinira ayishyuza miliyoni 305$ z’ibitarubahirijwe mu masezerano yari afitanye na yo ndetse no kumufata...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 17 Ugushyingo 2025 cyakiriye abasirikare bacyo bahungiye muri Uganda mu mezi 10 ashize ubwo ihuriro AFC/M23 ryafataga Umujyi wa Goma.
Abasirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Majyepfo ya Liban (UNIFIL) bashinje Israel kubarasa, bavuga ko iki gihugu gikomeje imyitwarire idakwiye, ibyo Israel yemeye gusa ivuga ko...