Urukiko rwo mu Mujyi wa Paris rwasubitse by’agateganyo cyamunara yari kubamo igurishwa rya “La Pascaline”, imashini (calculatrice) iri mu za mbere zakozwe hagamijwe gufasha abantu mu bijyanye...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko mu 2026 Guverinoma izashora miliyari 5,19 z’Amadolari mu gisirikare,...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida, J.D Vance, ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney, wahoze ari Visi Perezida w’iki gihugu.
Umunya Nigeria Martins Otse uzwi nka Very DarkMan mu bakoresha imbuga nkoranyambaga neza muri icyo gihugu yasabye imbabazi nyuma yo gushyamirana na mugenzi we Mr Jollof bikarangira barwaniye mu ndege.
Umuryango w’Abanyarwanda baba mu Bufaransa (Communauté Rwandaise de France: CRF) baherutse kurega Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, biturutse ku kuba yarahaye urubuga abo mu mutwe w’iterabwoba...
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu gihugu cya Uganda King Saha, yahakanye amakuru y’abahuza igitaramo cye afite mu mpera z’iki cyumweru n’ibikorwa byo kwamamaza umukandida ku mwanya wa Perezida Bobi...