skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Gutunganya amazi ntibizabangamira ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore yatangaje ko ikorwa ry’umuhanda Kigali- Muhanga ritazabangamirwa n’uruganda rutunganya amazi yakoreshejwe mu Mujyi wa Kigali rurimo kubakwa ku...
13 November 2025 Yasuwe: 734 0

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura nyuma y’imyaka yemeje ko ari mu rukundo n’umukunzi we baje no gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
13 November 2025 Yasuwe: 578 0

Rayon Sports yatandukanye na Afahmia Lotfi burundu

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana n’uwahoze ari umutoza wayo, Afahamia Lotfi nyuma y’ukwezi yarahagaritswe.
13 November 2025 Yasuwe: 621 0

Ingabo zirenga 200.000 za Venezuela ziryamiye amajanja mu kwirinda ibitero bya Amerika

Ingabo za Venezuela zasabwe guhora ziryamiye amajanja ndetse inyinshi zoherezwa mu bice byinshi by’igihugu, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kongera ibikorwa bya gisirikare mu gice...
13 November 2025 Yasuwe: 518 0

Google yahakanye gusiba umurongo utandukanya Maroc na Western Sahara ku ikarita

Ikigo Google cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahakanye gukura ku ikarita yacyo (Google Maps) umurongo w’urubibi rutandukanya Maroc na Western Sahara imaze imyaka myinshi isaba ubwigenge.
13 November 2025 Yasuwe: 241 0

Musanze: Muko amavomo yarangiritse bashoka Mukungwa

Abaturage bo mu Murenge wa Muko, akagari ka Mburabuturo mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kirekire babangamiwe no kubura amazi meza, ibintu byatumye bajya kuvoma ibirohwa mu mugezi wa...
13 November 2025 Yasuwe: 255 0

RBC yibukije ko umwe mu bantu babiri bafite Diabètes aba atabizi, iburira Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka kugaragaza ko 44% by’abafite indwara ya Diabètes ku Isi batabizi.
13 November 2025 Yasuwe: 572 0

Ibyo wamenya ku bihembo by’abahize abandi mu magare bizatangirwa i Kigali

Tariki ya 29 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzandika amateka yo kwakira ku nshuro ya mbere itangwa ry’ibihembo bya “Africa Cycling Excellence Awards 2025” bizabera muri Zaria Court.
13 November 2025 Yasuwe: 298 0

EU igihe guha u Rwanda miliyari zisaga 14Frw yo gufasha impunzi

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, yakiriye Itsinda ry’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, riyobowe na Ambasaderi Belen Calvo Uyarra, baganira ku kongerera imbaraga...
13 November 2025 Yasuwe: 399 0

Ramaphosa yabwiye Trump ko politike yo kwigumura ntacyo yamugezaho

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yavuze ko politiki yo kwigumura ntacyo yageraho ubwo yasubizaga icyemezo cya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kutitabira inama...
13 November 2025 Yasuwe: 256 0