Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore yatangaje ko ikorwa ry’umuhanda
Kigali- Muhanga ritazabangamirwa n’uruganda rutunganya amazi yakoreshejwe mu Mujyi wa Kigali rurimo kubakwa ku...
Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura nyuma y’imyaka yemeje ko ari mu rukundo n’umukunzi we baje no gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yemeje ko iyi kipe yamaze gutandukana n’uwahoze ari umutoza wayo, Afahamia Lotfi nyuma y’ukwezi yarahagaritswe.
Ingabo za Venezuela zasabwe guhora ziryamiye amajanja ndetse inyinshi zoherezwa mu bice byinshi by’igihugu, nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kongera ibikorwa bya gisirikare mu gice...
Ikigo Google cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyahakanye gukura ku ikarita yacyo (Google Maps) umurongo w’urubibi rutandukanya Maroc na Western Sahara imaze imyaka myinshi isaba ubwigenge.
Abaturage bo mu Murenge wa Muko, akagari ka Mburabuturo mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kirekire babangamiwe no kubura amazi meza, ibintu byatumye bajya kuvoma ibirohwa mu mugezi wa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyibukije Abanyarwanda ko hari ubushakashatsi buheruka kugaragaza ko 44% by’abafite indwara ya Diabètes ku Isi batabizi.
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yavuze ko politiki yo kwigumura ntacyo yageraho ubwo yasubizaga icyemezo cya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kutitabira inama...