skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Turikiya: Abantu umunani bafunzwe, abakinnyi 1024 bahagarikwa kubera ‘betting’

Ubuyobozi bwa Turikiya bwatangaje ko ku wa Mbere hafunzwe abantu umunani barimo umuyobozi w’ikipe yo mu cyiciro cya mbere, mu iperereza riri gukorwa ku bijyanye no gutega ku mikino y’umupira...
11 November 2025 Yasuwe: 211 0

Meteo Rwanda yateguje imvura n’umuyaga bidasanzwe mu Ugushyingo

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 na 20 Ugushyingo 2025, mu Rwanda hateganyijwe kugwa imvura iri ku bipimo biri hagati ya milimetero 30 na...
11 November 2025 Yasuwe: 473 0

Amb Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria kwizihiza isabukuru y’Ubwigenge

Ku mugoroba wo ku wa Mbere, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria mu Rwanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu...
11 November 2025 Yasuwe: 206 0

Perezida wa Syria yamaganiye kure abamuhuza n’ibitero byashegeshe Amerika mu 2001

Perezida wa Syria, Ahmed al-Sharaa, yavuze ko atagifitanye isano n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda, kandi ko nta ruhare na ruto yagize mu bitero byo ku wa 11 Nzeri 2001 byibasiye Leta Zunze Ubumwe...
11 November 2025 Yasuwe: 229 0

Yaciwe arenga miliyoni 500 Frw kubera kwanga guha ‘certificat de mariage’ ababana bahuje ibitsina

Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse Kim Davis wari warujuririye, gutanga impozamarira ya 360.000$ (arenga miliyoni 500 Frw) yaciwe, azira kwanga guha icyangombwa...
11 November 2025 Yasuwe: 250 0

The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire

The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka.
11 November 2025 Yasuwe: 259 0

Ngororero: Abayobozi b’ibigo by’amashuri bashishikarijwe kwita ku micungire y’ibigo

Inzego zitandukanye mu Karere ka Ngororero zaganiriye ku ngingo zitandukanye, ku kijyanye n’abana bata ishuri, abayobozi bashishikarizwa kurushaho kwita ku bana bata ishuri.
10 November 2025 Yasuwe: 620 0

Ubucuruzi bwa EAC bwageze kuri miliyari 38.2 z’amadolari

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, watangaje ko bayeho izamuka ku kigero cyo hejuru mu bucuruzi mpuzamahanga mu gihembwe cya kabiri cya 2025. Bigaragaza imbaraga n’ubushobozi bukomeje...
10 November 2025 Yasuwe: 232 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga Me KUBWIMANA Emmanuel aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa uherereye mu karere Gisagara
10 November 2025 Yasuwe: 345 0

Ncuti Gatwa agiye guhurira muri filime na Cynthia Erivo wamenyekanye muri ‘Wicked’

Umukinnyi wa filime w’Umunyarwanda wabigize umwuga mu Bwongereza, Ncuti Gatwa, yinjiye mu rutonde rw’abazatanga amajwi azumvikana muri ‘Bad Fairies’, filime nshya ya Warner Bros. Animation na...
10 November 2025 Yasuwe: 221 0