Ubuyobozi bwa Turikiya bwatangaje ko ku wa Mbere hafunzwe abantu umunani barimo umuyobozi w’ikipe yo mu cyiciro cya mbere, mu iperereza riri gukorwa ku bijyanye no gutega ku mikino y’umupira...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11 na 20 Ugushyingo 2025, mu Rwanda hateganyijwe kugwa imvura iri ku bipimo biri hagati ya milimetero 30 na...
Ku mugoroba wo ku wa Mbere, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria mu Rwanda kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu...
Perezida wa Syria, Ahmed al-Sharaa, yavuze ko atagifitanye isano n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda, kandi ko nta ruhare na ruto yagize mu bitero byo ku wa 11 Nzeri 2001 byibasiye Leta Zunze Ubumwe...
Urukiko rw’Ikirenga rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse Kim Davis wari warujuririye, gutanga impozamarira ya 360.000$ (arenga miliyoni 500 Frw) yaciwe, azira kwanga guha icyangombwa...
The Ben na Bruce Melodie bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire, bemeranya gufatanya mu bitaramo bitandukanye bahereye kuri “The New Year Groove”, The Ben ateganya mu mpera z’uyu mwaka.
Inzego zitandukanye mu Karere ka Ngororero zaganiriye ku ngingo zitandukanye, ku kijyanye n’abana bata ishuri, abayobozi bashishikarizwa kurushaho kwita ku bana bata ishuri.