Rayon Sports yasohotse ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), mu makipe yafatiwe ibihano byo kutandikisha abakinnyi nyuma yo kutubahiriza ibyo yasabwe ubwo yatsindwaga...
Umubyeyi ukomoka mu gace ka Kisii gaherereye mu Majyepfo ashyira i Burengerazuba muri Kenya yabyaye impanga z’abana bane, abaha amazina y’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Raila Odinga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) cyatangaje ko mu turere twa Gicumbi, Nyagatare na Gatsibo hagiye kuba ibura ry’amashanyarazi rizamara umunsi wose, ndetse n’amasaha ane mu bice bimwe...
Umusore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Bukure uherutse kwivugana nyina umubyara n’undi mugabo watemaguye umugore we ariko ntapfe baburanishirijwe mu ruhame mu rwego rwo kwamagana...
Umunyarwenya Patrick Salvado yagaragaje ko yavuye mu bitaro anagenera ubutumwa bushimira abakunzi be bamubaye hafi, bakamukomeza ubwo yari mu bitaro mu buribwe bukomeye nk’uko yari yabigaragaje.
Nyuma yo gutandukana na Cash Warren; Jessica Alba wamamaye muri sinema i Hollywood, ari mu rukundo na Danny Ramirez nawe uri mu bakinnyi ba filime bafite izina rikomeye.