Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasuye Umushinga w’urugomero rw’amashanyarazi wa Nyabarongo II urimo kubakwa ku mugezi wa Nyabarongo, hagati y’Akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo...
Komite y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe imyitwarire yatangiye gukora iperereza kuri Depite Sheila Cherfilus-McCormick ushinjwa kunyereza miliyoni 5’Amadolari.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko abayobozi ba Ukraine bahindutse agatsiko k’abagizi ba nabi katita ku gihugu cyabo, kandi ko babayeho mu buzima bw’akataraboneka mu gihe igihugu...
Umuyobozi wa Mercedes AMG Petronas F1 Team ikina mu masiganwa ya Formula One, Toto Wolff, yagurishije 15% by’imigabane ye muri iyi kipe kuri George Kurtz wamwishyuye miliyoni 301$.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko nta ruhare ziteze kugira mu biganiro by’inama y’ihuriro G20 izatangira tariki ya 22 Ugushyingo 2025, zishinja Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo...