skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Australia: Meta yatangiye gufunga konti za Facebook na Instagram z’abana

Meta yatangiye gufunga konti z’abana bafite imyaka iri munsi ya 16 bakoresha Facebook na Instagram muri Australia, mu gihe itegeko rizibakumiraho ribura icyumweru ngo ritangire kubahirizwa.
4 December 2025 Yasuwe: 255 0

Trump yasabye Perezida Maduro wa Venezuela guhunga

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye mugenzi we wa Venezuela, Nicolás Maduro, kuva mu gihugu. Ni amakuru yatangajwe na Reuters, ivuga ko yahawe n’abantu ba hafi mu...
3 December 2025 Yasuwe: 869 0

Ukwezi kugiye kugaragara mu ishusho idasanzwe mu bihugu birimo u Rwanda

Ku wa Kane tariki 4 Ukuboza 2025, abatuye mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, bazabasha kubona Ukwezi kuzuye, kwaka cyane ndetse kugaragara nk’aho ari kunini, ibizwi nka ‘supermoon’.
3 December 2025 Yasuwe: 1570 0

Rusizi: Ubuyobozi bwaburiye abasengera ku ibuye rya Ryankana

Ibuye rya Ryankana riherereye mu cyanya cy’ubuhinzi mu kibaya cya Bugarama ahitaruye aho abaturage batuye. Ni ibuye ridasanzwe bitewe n’ubunini bwaryo n’aho riherereye.
3 December 2025 Yasuwe: 638 0

Imirwano yongeye gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 ryasubukuye imirwano mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma yo kumvana imitsi ku wa 2 Ukuboza 2025.
3 December 2025 Yasuwe: 1236 0

Abapolosi n’abasirikare 25 bahagarariye ibihugu 22 bya Afurika barahugurirwa mu Rwanda

Abapolisi n’abasirikare bakomoka mu bihugu 22 by’Afurika birimo n’u Rwanda, batangiye amahugurwa agenewe abazajya bigisha abitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
3 December 2025 Yasuwe: 279 0

Banki y’Isi yemereye u Rwanda miliyari 145,7 Frw yo kunoza ikusanywa ry’imisoro no guhanga imirimo

Inama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$, ni ukuvuga arenga miliyari 145,7 Frw azifashishwa mu guteza imbere ikusanywa ry’imisoro hakoreshejwe inyemezabwishyu ya EBM, kurushaho kunoza...
3 December 2025 Yasuwe: 284 0

Trump agiye kwirukana Abanya-Somalia ku butaka bwa Amerika

Perezida Donald Trump yasabye Abanya-Somalia batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, gusubira aho baturutse kuko atabashaka muri iki gihugu.
3 December 2025 Yasuwe: 242 0

Tems yahishuye ko yungukiye mu muziki kurusha uko yari abyiteze

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Temilade Openiyi uzwi nka Tems, yavuze ko amaze kugera gutera imbere cyane kurusha intego yari yiyemeje mu muziki ubwo yawutangiraga.
2 December 2025 Yasuwe: 616 0

Samsung yateguje telefone ikunjwa inshuro eshatu

Sosiyete y’Ikoranabuhanga ya Samsung yateguje ‘Galaxy Z TriFold’, telefone igezweho ikunjwa inshuro eshatu. Izashyirwa ku isoko ku wa 12 Ukuboza 2025.
2 December 2025 Yasuwe: 422 0