Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye mugenzi we wa Venezuela, Nicolás Maduro, kuva mu gihugu.
Ni amakuru yatangajwe na Reuters, ivuga ko yahawe n’abantu ba hafi mu...
Ku wa Kane tariki 4 Ukuboza 2025, abatuye mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, bazabasha kubona Ukwezi kuzuye, kwaka cyane ndetse kugaragara nk’aho ari kunini, ibizwi nka ‘supermoon’.
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 ryasubukuye imirwano mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma yo kumvana imitsi ku wa 2 Ukuboza 2025.