Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko idashobora kugerekwaho inshingano ku byaha byo kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, ibitero bikomeje n’intambara mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri...
Inyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi ishize hari imirwano ikomeye iwushyamiranyije...
Byahishuwe ko Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zifite ikibazo gikomeye cy’ubuzima n’ubushobozi bwo koherezwa mu bikorwa, nyuma y’isuzuma rishya ryagaragaje ko abasirikare 27% gusa ari bo bujuje...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, amushyikiriza ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahishuye ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ari we wasabye ko bahurira i Doha muri Qatar ndetse...
Ingabo za Isiraheli zagabye ibitero by’indege mu Majyepfo ya Libani bisenya ibikorwa remezo n’amazu nkuko ibitanganzamakuru bya Leta ya Libani byabitangaje.