Minisitiri w’Intebe wa Hongrie, Viktor Orban, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uri kwitegura intambara n’u Burusiya ishobora kuba mu 2030.
Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku butaka bwa Cambodia mu duce two ku mupaka, ndetse ibyo bitero byakurikiwe n’imirwano ikaze hagati y’impande zombi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yababajwe na mugenzi we uyobora Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, kuko atarasoma inyandiko y’umushinga w’amasezerano y’amahoro.
Ingabo za Thaïlande n’iza Cambodge zabyukiye mu mirwano ikaze mu rukerera rwo kuri uyu wa 8 Ukuboza 2025 mu gihe impande zombi zishinjanya kurenga ku masezerano y’agahenge yashyizweho umukono mu...
Guverinoma ya Libya n’iy’u Burusiya byakiriye neza isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubukungu yashyizweho umukono na Perezida wa Reoubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repunulika...
Bamwe mu baturage b’Akarere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo babanaga mu makimbirane bavuga ko aho bayaviriyemo ubuzima bubaryoheye ndetse bikaba byarabafashije gukoresha umwanya wabo mu bikorwa...
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu mirwano ikomeye mu bice bitandukanye byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin,...
Ubwo bari ku rubyiniro mu gitaramo cya Davido cyabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 5 Ukuboza 2025, Juno Kizigenza yatunguranye asoma umunwa ku wundi Ariel Wayz abafana babo induru bayiha umunwa.