skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

AFC/M23 yemeje ko yabohoye Umujyi wa Uvira, isaba abahunze gutahuka

Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nyuma y’urugamba rwo guhagarika ubwicanyi n’imvugo z’urwango, kuri ubu abarwanyi b’uwo mutwe bamaze gufata Umujyi wa Uvira.
10 December 2025 Yasuwe: 1680 0

Urantutse, nsaba imbabazi - Alyn Sano asubiza Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi

Alyn Sano yari arabye ivu Miss Muyango wamubajije niba akiri isugi, amubwira ko amututse ndetse akwiye kumusaba imbabazi, undi na we arazimusaba amahoro ajya yahinda ikiganiro barimo kirakomeza.
10 December 2025 Yasuwe: 1114 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
10 December 2025 Yasuwe: 675 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
10 December 2025 Yasuwe: 649 0

NYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette

NYIRANZIZA Jeannette yasabye guhindura amazina akitwa NZIZA Jeannette mu bitabo by’irangamimerere!
10 December 2025 Yasuwe: 592 0

U Rwanda rwongeye kwamagana abarwegekaho kurenga ku masezerano

Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko idashobora kugerekwaho inshingano ku byaha byo kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, ibitero bikomeje n’intambara mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri...
10 December 2025 Yasuwe: 601 0

AFC/M23 yinjiye Umujyi wa Uvira, ukurikira uwa Bukavu

Inyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi ishize hari imirwano ikomeye iwushyamiranyije...
10 December 2025 Yasuwe: 982 0

Mu basirikare ba Afurika y’Epfo 27% ni bo bafite ubuzima buzira umuze bubemerera gukora akazi

Byahishuwe ko Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zifite ikibazo gikomeye cy’ubuzima n’ubushobozi bwo koherezwa mu bikorwa, nyuma y’isuzuma rishya ryagaragaje ko abasirikare 27% gusa ari bo bujuje...
10 December 2025 Yasuwe: 602 0

Thailand: Urukiko rwahagaritse Minisitiri w’Intebe kubera imyitwarire mibi

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Thailand rwahagaritse Minisitiri w’Intebe, Paetongtarn Shinawatra, rumushinja kugira imyitwarire idahwitse, bituma avanwa ku butegetsi nyuma y’umwaka...
9 December 2025 Yasuwe: 602 0

Alassane Ouattara warahiye yashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva yahuye na Perezida wa Côte d’Ivoire, Alassane Ouattara, amushyikiriza ubutumwa bwihariye yagenewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
9 December 2025 Yasuwe: 486 0