Uganda iri guteganya guhuriza abahagarariye ibihugu byo mu Karere mu nama yiga ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ibirori bikomeye bya sinema ku Isi, Oscars, bigiye kwandika amateka mashya nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Academy of Motion Picture Arts and Sciences ryemeje amasezerano mashya azatuma bitangira...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umwarimu wo mu ishuri ryisumbuye ry’imyuga (TSS Mutenderi) mu Karere ka Ngoma, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri.
Impuguke mu ndimi muri Canada zasabye Minisitiri w’Intebe, Mark Carney kureka gukoresha Icyongereza cy’Abongereza mu nyandiko za Leta, ahubwo agaharanira gukoresha Icyongereza gikoreshwa muri Canada.
Abacuruza imboga n’imbuto mu isoko rya Gataraga, mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe bahhasi kandi ku zuba, bigatuma umusaruro wabo wangirika vuba ndetse n’abakiliya...