Abasirikare b’u Burundi bakiri kwinjira rwihishwa mu muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo batangiye kutumvikana ku kwambara impuzankano ya FARDC, nk’amayeri yo guhisha ko bakiri...
Umuraperi wamenyekanye cyane mu muziki nyarwanda, Ndayishimiye Mark Bertrand uzwi nka Bull Dogg, yatangaje ko itsinda rya Tuff Gang rigeze kure imyiteguro yo gusohora Album bahuriyeho, izumvikanaho...
Abatuye mu mujyi wa Goma no mu bice bihana imbibi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babyukiye mu myigaragambyo yamagana kuva mu mujyi wa Uvira kw’abarwanyi b’ihuriro...
Umutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangiye gutekereza kuri APR FC kugira ngo azahangane na yo ku mukino wa Super Cup uteganyijwe mu kwezi gutaha.