Igenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% kuzamura bahagarikwa mu kazi ko kuyobora ibigo, harimo 349 bo mu mashuri abanza na 541 bo mu mashuri yisumbuye,...
Umukinnyi wa filimi w’Umunyamerika Mario Rodriguez yareze Tyler Perry uzwi mu kwandika filimi no kuziyobora, amushinja kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina, asaba indishyi zingana na miliyoni...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bugaragaza ko mu mezi 15 ashize ibiza byishe abantu 13, imyaka yari kuri hegitari zisaga 568 z’ubutaka n’inzu 156 birangizwa.
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Al Nassr, Cristiano Ronaldo, yashimangiye ko afite intego yo gutsinda ibitego 1000. Ni nyuma yo guhabwa igihembo cy’Umukinnyi w’Umwaka mu Burasirazuba...
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye umugambi umaze iminsi wo kwitandukanya kwa Somalia n’Intara ya Somaliland, ishimangira ko igikenewe ari ugushyira imbaraga mu nzira y’amahoro...
Komite ishinzwe imigendekere myiza y’Igikombe cya Afurika cya 2025 mu Mujyi wa Agadir muri Maroc, yatangaje ko nta bafana bazongera kwinjira ku mikino ibera kuri Grand Stade d’Agadir nta matike...
Habimana Nuru wari umaze imyaka isaga ari umutoza wa Forever WFC, yamaze gutandukana na yo nyuma yo gutsindwa na Bugesera WFC mu mukino w’umunsi wa 11 wa Shampiyona y’Abagore.
Kuri iki Cyumweru, abaturage ba Guinea hafi miliyoni 7 biyandikishije, baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ashobora gutuma Gen Mamady Doumbouya, wahiritse ubutegetsi mu 2021, atsindira...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yasohoye itangazo agaragaza ko atemera na gato ko Somaliland yamerwa nk’igihugu cyigenga, anashimangira ko AU...