Abatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko yemeye agahenge, ihuriro...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa 15 hari ikamyo yari yawugiriyemo ikibazo, bikabangamira urujya n’uruza.
Mu cyumweru kimwe, abaturage babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, bituma umutekano we mu gihe ari mu bantu benshi wibazwaho.