skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe

Abatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko yemeye agahenge, ihuriro...
16 February 2026 Yasuwe: 305 0

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga
16 February 2026 Yasuwe: 311 0

Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa 15 hari ikamyo yari yawugiriyemo ikibazo, bikabangamira urujya n’uruza.
16 February 2026 Yasuwe: 436 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO WIMUKANWA
13 February 2026 Yasuwe: 137 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
13 February 2026 Yasuwe: 97 0

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

Umuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, imiyoborere na dipolomasi, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe icyemezo cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...
13 February 2026 Yasuwe: 699 0

U Burusiya bwatangiye gukura abaturage babwo muri Cuba

Ubuyobozi bw’u Burusiya bwatangaje ko buri gutegura ibikorwa byo gucyura abaturage babwo bagiye mu bukerarugendo muri Cuba, kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli birimo n’amavuta akoreshwa n’indege.
13 February 2026 Yasuwe: 547 0

Babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida Ruto

Mu cyumweru kimwe, abaturage babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, bituma umutekano we mu gihe ari mu bantu benshi wibazwaho.
13 February 2026 Yasuwe: 706 0

Afurika Yunze Ubumwe yashimye isinywa ry’agahenge hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC

Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yagaragaje ko yashimye isinywa ry’amasezerano agena uburyo bwo guhagarika imirwano hagati ya Guverinoma ya...
13 February 2026 Yasuwe: 447 0

Uburakari bwa Rumaga bwamuteye gukora ubusizi bubyara amafaranga

Umusizi Junior Rumaga yahishuye ko kwirukanwa ku ishuri nk’igihano yari ahawe kuko yanze kuvuga umuvugo wari uteganyijwe byamuteye ishyaka ryo gukora Ubusizi butanga amafaranga n’akazi kuri benshi.
13 February 2026 Yasuwe: 204 0