Raporo yakozwe na Loni ku ngamba zihariye zo kurinda abantu ihoreterwa rishingiye ku gitsina, yerekanye ko bamwe mu bapolisi ba Kenya bari mu butumwa bwo kugarura umutekano muri Haïti bafashe...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 2 Mata 2026 yemeje ko mu guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside igaragara haba mu Karere u Rwanda ruherereyemo no hirya no hino ku Isi, Abanyarwanda basabwa...
Umusore wo mu Karere ka Gatsibo, mu Murenge wa Remera, yafashe umunsi wa 1 Mata nk’urwitwazo rwo kubeshya ko umusaza baturanye yitabye Imana, kugeza aho bateguye isanduku bayigeza iwe basanga ari...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 3 Mata 2026 no ku wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026 ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa...
Mu Karere ka Ruhango, huzuye inzu yihariye igenewe kubika no gusobanura amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ikaba igiye kujya yifashishwa mu kwigisha abakiri bato n’abandi bose bifuza...
Umuryango utuye mu Murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, uri mu gahinda watewe n’urupfu rw’umwana wabo wishwe n’amashanyarazi. Amakuru avuga ko musaza we yaburiwe irengero bikavugwa ko...
Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abaturage basabaga ko bahabwa impozamarira kuko inzu zabo zangirikiye mu nkongi, kivuga ko na cyo gifite ibintu byinshi byangiritse kandi ko nta...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuziza kwanga kumuha ubufasha mu ntambara Amerika iri kurwana muri Iran, ashimangira ko...