Sosiyete zirenga 200 zo mu nzego zitandukanye mu Bushinwa, zigiye kwitabira gahunda ya “Meet Rwanda in China” izabera mu Mujyi wa Wuhan hagati ya tariki ya 1 n’iya 2 Kanama 2025.
Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwashyize hanze dosiye igizwe na paji ibihumbi 240 zerekeye urupfu rwa Martin Luther King Jr., wamamaye mu rugamba rwo kurwanya ivangura muri Leta Zunze Ubumwe...
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, ageze kure ibiganiro byo gutaramira...
Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Producer Li John na Nirere Afsa uzwi nka Fifi wahoze ari umugore wa Jay Polly bakanabyarana umwana w’umukobwa. Aba bombi bari gupfa indirimbo bivugwa ko...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko kuva ku wa 22 Nyakanga 2025, ibikorwa bya hoteli Château le Marara byahagaritswe kuko iperereza ryerekanye ko yakoraga itarabiherewe uruhushya.
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda [Rwanda Media Commission], rwahawe umwanya wo guhagararira inzego zigenga z’itangazamakuru zo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu Muryango w’Inzego...