skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ruto yakiriye Kabarebe, intumwa ya Perezida Kagame

Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya kuri uyu wa 17 Nyakanga 2025 yakiriye intumwa yihariye ya Perezida Paul Kagame, Gen (Rtd) James Kabarebe, baganira ku kongerera imbaraga umubano w’iki gihugu...
17 July 2025 Yasuwe: 1046 0

RDC: Guverineri wa Haut-Katanga ari mu buhungiro

Guverineri w’intara ya Haut-Katanga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacques Kyabula Katwe, yahunze nyuma yo gutumizwa na Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu gihugu.
17 July 2025 Yasuwe: 1269 0

Miss Naomi yikomye abavuga ko umugabo we akennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yikomye abantu bamaze iminsi bavuga ko umugabo we yakennye, abasaba kumurekera umugabo kandi ko ntawe yamushinze.
17 July 2025 Yasuwe: 1882 0

Minisitiri Biruta yaganiriye na Sheikh Abdulaziz wa Qatar

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta, yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Qatar, Sheikh Abdulaziz bin Faisal bin Mohammed Al Thani, i...
17 July 2025 Yasuwe: 463 0

Ngororero: Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17

Urwego rw’Igihugu rw’Ubutenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanda, mu Karere ka Ngororero, akekwaho kuba yarasambanyije umwana w’imyaka 17.
17 July 2025 Yasuwe: 1738 0

Burna Boy yasabye imbabazi kubera magambo yavuze ku njyana ya Afrobeats

Burna Boy yiseguye ku bakunzi b’umuziki kubera magambo yavuze mu 2023, agaragaza ko injyana ya ‘Afrobeats’ nta reme ifite ndetse n’abahanzi bayikora nta masomo y’ubuzima bwa buri munsi abantu...
17 July 2025 Yasuwe: 236 0

AMAFOTO: Uko byari byifashe mu Nama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu

Ku wa Gatatu, tariki 16 Nyakanga 2025, muri Village Urugwiro hateranye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika...
17 July 2025 Yasuwe: 1577 0

Abacunga umutekano ku bibuga batangiye guhugurirwa kunoza umurimo wabo

Abakozi b’ikigo gitanga ubwirinzi n’umutekano ku bibuga by’imikino n’ahandi habera ibitaramo mu Rwanda, Tiger Gate S, batangiye amahugurwa agamije kubazamurira ubushobozi no kunoza akazi kabo.
17 July 2025 Yasuwe: 246 0

Apple igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo

Sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga ya Apple, yatangaje ko igiye gushora miliyoni 500$ mu gucukura no gutunganya amabuye akoreshwa mu bikoresho byayo muri leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri...
17 July 2025 Yasuwe: 306 0

Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC

Inama yateranye kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu Amasezerano y’Amahoro hagati ya Repubulika...
17 July 2025 Yasuwe: 489 0