Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje impamvu yumva ko ari we muhanzi wa mbere mu Rwanda, ashingiye ku bikorwa bikomeye amaze kugeraho mu muziki, n’ubwo atajya...
Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 12 bari bafite Ipeti rya Chief Superintendent of Police bahawe ipeti rya Assistant Commissioner...
Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.