skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta

Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse umwana w’umuhungu.
28 April 2025 Yasuwe: 480 0

Abagabo 10 bakekwaho kwiba Kim Kardashian bagiye kuburanishirizwa i Paris

Abagabo 10 bakunze kwitwa “abasaza b’abambuzi” n’itangazamakuru ryo mu Bufaransa, bagiye kwitaba urukiko bakurikiranyweho kwiba ibikoresho bihenze bya Kim Kardashian bifite agaciro ka miliyoni...
28 April 2025 Yasuwe: 298 0

Uwise Pastor Juliene Kabanda Intumwa ya Satani n’umutubuzi ari gukorwaho iperereza na RIB

Nyuma yo kwifashisha imbuga nkoranyambaga akita Pastor Juliene Kabanda wa Grace Room intumwa ya Satani, RIB yatangiye kumukoraho iperereza.
28 April 2025 Yasuwe: 860 0

50 Cent yasabye guhagarika itangwa rya Filime ya Skill House kubera ko atishyuwe

Umuraperi w’umunyamerika, 50 Cent, yatanze ikirego mu rukiko asaba guhagarika itangwa rya filime ya Skill House, avuga ko atigeze asinya amasezerano cyangwa ngo abone amafaranga ku bw’uruhare rwe...
28 April 2025 Yasuwe: 210 0

Ni ibiki bituma Bruce Melodie yikomanga ku gatuza akavuga ko ariwe muhanzi wa mbere mu Rwanda?

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje impamvu yumva ko ari we muhanzi wa mbere mu Rwanda, ashingiye ku bikorwa bikomeye amaze kugeraho mu muziki, n’ubwo atajya...
28 April 2025 Yasuwe: 467 0

Abahanzi barashaka ko Ubuhanzi bw’Abantu busubirana Agaciro mu gihe AI ikomeje Gutegeka Isi

Mu gihe ibihangano byifashisha ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) bikomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, abahanzi b’umwuga bahagurukiye gusaba ko ubuhanzi bukorwa...
28 April 2025 Yasuwe: 467 0

Bill Gates atewe ishema n’umukobwa we washinze ‘business’ ye atamusabye ubufasha

Bill Gates, washinze Microsoft, yatangaje ko yishimiye kuba umukobwa we, Phoebe Gates, yarashoboye gutangiza ibikorwa bye bwite by’ubucuruzi adahanze amaso ubutunzi bwa Se.
28 April 2025 Yasuwe: 1460 0

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 4500

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 12 bari bafite Ipeti rya Chief Superintendent of Police bahawe ipeti rya Assistant Commissioner...
26 April 2025 Yasuwe: 1240 0

Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
25 April 2025 Yasuwe: 871 0

Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we

Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.
25 April 2025 Yasuwe: 388 0