Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu Mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu Murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe kurinda Pariki y’Igihugu ya Nyungwe, ubwo we na...
Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ bwakomeje kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yibutsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abanyamaguru gufata...
Umukinnyi wa filime Wema Isaac Sepetu wabaye Nyampinga wa Tanzania mu 2006, yagaragaje ko yatunguwe no kubona mu itangazamakuru ritandukanye mu gihugu cye bavuga ko yitabye Imana.
Rutahizamu wa FC Barcelone, Lamine Yamal, yashinjwe gutesha agaciro abafite ubumuga, nyuma yo kwishyura abafite ubumuga bw’ubugufi ngo abifashishe yishimisha mu birori by’isabukuru ye.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakoze impinduka mu mitangire ya visa zihabwa Abanya-Uganda, aho yagabanyije igihe zamaraga kiva ku myaka ibiri kigera ku minsi 90 gusa.