skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Nyamasheke: Birakekwa ko yiyahuye kubera nyina umuziza gukundwa na se

Nyirandikumana Jeanne w’imyaka 22 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Mpumbu, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu mugezi wa Kamiranzovu...
25 April 2025 Yasuwe: 967 0

Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?

Mu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira...
25 April 2025 Yasuwe: 600 0

Umujyanama wa Diamond ari i Kigali mu gushyira akadomo ku ndirimbo na Bruce Melodie

Sallam Ahmed Sharaff [Sallam SK] usanzwe ari umujyanama w’umunyamuziki wa Diamond Platnumz yageze i Kigali mu rugendo rugamije gushyira akadomo ku ndirimbo umuhanzi afasha mu muziki yakoranye na...
25 April 2025 Yasuwe: 210 0

Dominique McShain wari ukunzwe cyane kuri TikTok yitabye Imana ku myaka 21 azize Kanseri

Dominique McShain, umukobwa w’imyaka 21 wakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok na Instagram kubera ubutumwa bwe bw’icyizere n’ubutwari mu burwayi, yitabye Imana azize kanseri y’amara...
24 April 2025 Yasuwe: 286 0

Nyuma y’igihe atagaragara, Christopher yari ahugiye kuri Album akozeho imyaka 9

Umuririmbyi Muneza Christophe uzwi nka Christopher, wubatse izina rikomeye mu muziki nyarwanda, yatangaje ko igihe kinini cyari gishize atigaragaza cyane, cyari gishingiye ku kwiyegurira umushinga...
24 April 2025 Yasuwe: 155 0

Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana

Niyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
24 April 2025 Yasuwe: 273 0

Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw

Ubushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw...
24 April 2025 Yasuwe: 174 0

Mugihe abafana bashaka ko agaruka mu miziki we arifuza kubyara umwana wa 3

Mu gihe abafana b’umuhanzikazi Rihanna bakomeje kumusaba ko yagaruka mu muziki, birasa nk’aho ibyifuzo byabo bihabanye n’ibyo afite kuko we ahugiye mu byo kwagura umuryango we.
24 April 2025 Yasuwe: 193 0

ibirori bya BET awards bizayoborwa na Kevin Hart

Umukinnyi wa Filime mu ruhando rwa Sinema muri Amerika (Holly Wood), akaba n’umunyarwenya Kevin Hart, yatangajwe nk’uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET Awards muri uyu mwaka.
23 April 2025 Yasuwe: 279 0

John Cena yatotejwe n’abafana kubera uruhara ageraho yitabaza abaganga

Umunyabigwi mu mukino wa ‘Wrestling’ akaba n’umukinnyi wa filime, John Cena, yahishuye ko nyuma y’igihe kinini abafana bamuseka ndetse banamutoteza kubera uruhara, yitabaje abaganga bakamusimburiza...
23 April 2025 Yasuwe: 437 0