Nyirandikumana Jeanne w’imyaka 22 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Mpumbu, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu mugezi wa Kamiranzovu...
Mu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira...
Sallam Ahmed Sharaff [Sallam SK] usanzwe ari umujyanama w’umunyamuziki wa Diamond Platnumz yageze i Kigali mu rugendo rugamije gushyira akadomo ku ndirimbo umuhanzi afasha mu muziki yakoranye na...
Niyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
Umukinnyi wa Filime mu ruhando rwa Sinema muri Amerika (Holly Wood), akaba n’umunyarwenya Kevin Hart, yatangajwe nk’uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET Awards muri uyu mwaka.
Umunyabigwi mu mukino wa ‘Wrestling’ akaba n’umukinnyi wa filime, John Cena, yahishuye ko nyuma y’igihe kinini abafana bamuseka ndetse banamutoteza kubera uruhara, yitabaje abaganga bakamusimburiza...