Thomas Lubanga washinzwe umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution populaire) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimangiye ko Perezida Félix...
Itsinda rishyigikiye Gen Moses Ali w’imyaka 86, uri kwiyamamariza kongera kuba umudepite uhagarariye agace ka Adjumani y’Iburengerazuba, ryamaganye abamunenga bavuga ko ashaje bityo akwiye kuva...
Isiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo muri Syria biri mu murwa mukuru Damascus mu rwego rwo kurengera abo mu bwoko bw’Abadruze, ivuga ko...
Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kwimurira ibikorwa by’ububaji n’ibindi bigo byari bisanzwe bikorera mu Gakiriro ka Gisozi, mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro (Special Economic Zone).
Umunya-Côte d’Ivoire, Kolo Touré, yazamuwe mu nshingano, ava ku kuba Umutoza w’Ikipe y’Abatarengeje imyaka 18 muri Manchester City, agirwa umutoza wungirije mu ikipe ya mbere itozwa na Pep Guardiola.