skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Igisubizo cya Ncuti Gatwa ku kongera kugaragara muri ‘Doctor Who’

Ncuti Mizero Gatwa yagaragaje ko yavuye muri filime y’uruhererekane ya BBC, yiswe ‘Doctor Who’ kubera kunanirwa, abajijwe ku byo kuba yayisubiramo agaragaza ko ku Isi ibintu byose bishoboka cyane.
14 July 2025 Yasuwe: 269 0

Rutsiro: Ibendera ry’Igihugu ryari ku biro by’Akagari ryibwe

Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Ruhingo mu Murenge wa Gihango, mu Karere ka Rutsiro. Amakuru dukesha IGIHE ni uko ubu bujura bwamenyekanye mu gitondo...
14 July 2025 Yasuwe: 644 0

Abana n’abagore b’ingabo za RDC zapfiriye ku rugamba, bigaragambije

Mu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku...
14 July 2025 Yasuwe: 626 0

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu...
14 July 2025 Yasuwe: 278 0

Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za ’Patriots’ zo gukumira ibitero by’u Burusiya

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi ntwaro zo mu bwoko bwa Patriots kugira ngo ziyifashe gukumira ibitero by’u Burusiya.
14 July 2025 Yasuwe: 435 0

Abaganga ba Korea bishimiye kongera ubumenyi bwo kubaga mu Rwanda

Abaganga b’impuguke mu kubaga indwara zitandukanye n’abaforomo bamaze iminsi mu ruzinduko rw’ubuvuzi mu Rwanda, bishimiye umusanzu batanze mu buvuzi rusange mu Rwanda binyuze muri serivisi batanze...
14 July 2025 Yasuwe: 578 0

Amafaranga ashorwa mu gisirikare cy’u Burundi yaragabanyutse

Ingengo y’imari ishorwa mu gisirikare cy’u Burundi (FDNB) yagabanyutseho miliyoni 3,66 z’Amadolari ya Amerika mu 2024 ugereranyije n’umwaka wabanje, biturutse ahanini ku ihungabana ry’ubukungu...
14 July 2025 Yasuwe: 603 0

Abarenga 80 mu bakora mu by’indege muri Uganda basanganywe ‘diplômes’ z’impimbano

Ikigo gishinzwe Indege za Gisivile muri Uganda (UCCA) cyatangaje ko mu igenzura cyakoze, cyasanze abakozi 82 bakora muri uru rwego bafite impamyabumenyi n’ibindi byangombwa bibemerera gukora akazi...
14 July 2025 Yasuwe: 331 0

Gatsibo: Aracyari imanzi ku myaka 74

Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko mu buzima bwe atigeze akora imibonano mpuzabitsina, nta mugore...
14 July 2025 Yasuwe: 1445 0

EU yifashe ku byo kongera umusoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse gahunda wari ufite yo kongera umusoro ku bicuruzwa bifite agaciro ka miliyari 21$ bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagombaga gushyirwa mu...
14 July 2025 Yasuwe: 168 0