Nk’uko byari byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wamaze kugezwa muri Bazirika ya St Peter aho imihango yo kumusezeraho igomba kubera kugera ku wa gatandatu ubwo azashyingurwa.
Mu mpera z’icyumweru cya Pasika yo ku wa 19 Mata 2025, abaturage babarirwa mu bihumbi bahuriye mu myigaragambyo yamagana imiyoborere ya Perezida Donald Trump hirya no hino muri Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida wa Sena y’u Rwanda. Dr Kalinda François Xavier n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye Inteko Rusange ya 15 y’Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere...
Umuraperi Ish Kevin yinjiye mu mukino wo gusiganwa mu modoka, ndetse yemeza ko azitabira isiganwa ryiswe Sprint Rally 2025-GMT rizabera i Musha ku wa 3 Gicurasi 2025.
Kanye West yivuguruje ku magambo yo gushyigikira Aba-Nazi no gutesha agaciro Jenoside yakorewe Abayahudi yari aherutse gutangaza, icyakora akomeza kugaragaza ko afite uburenganzira bwo kuvuga ibyo...
Spyro yatangaje ko umuziki we wakomeje kudindira nyuma yo gukorana indirimbo na Davido ndetse na Mayorkun, nyamara yari yiteze ko nyuma yo gukorana n’ibi byamamare bizamufasha kuzamura urwego...
Mu minsi yashize inkuru nyamukuru mu myidagaduro yo muri Africa yari inkuru y’ubukwe bwa Juma Jux na Priscilla wo muri Nigeria bwabaye mu gihe cy’iminsi itatu.
Abo muri Nigeria by’umwihariko...