Ncuti Mizero Gatwa yagaragaje ko yavuye muri filime y’uruhererekane ya BBC, yiswe ‘Doctor Who’ kubera kunanirwa, abajijwe ku byo kuba yayisubiramo agaragaza ko ku Isi ibintu byose bishoboka cyane.
Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu ryari ku Biro by’Akagari ka Ruhingo mu Murenge wa Gihango, mu Karere ka Rutsiro.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko ubu bujura bwamenyekanye mu gitondo...
Mu mujyi wa Beni wimuriwemo by’agateganyo ibiro by’intara ya Kivu y’Amajyaruguru habereyemo imyigaragambyo y’abana n’abagore b’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bapfiriye ku...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri ufite Polisi mu nshingano, Senzo Mchunu, kubera ko akekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi agamije inyungu...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azoherereza Ukraine izindi ntwaro zo mu bwoko bwa Patriots kugira ngo ziyifashe gukumira ibitero by’u Burusiya.
Ingengo y’imari ishorwa mu gisirikare cy’u Burundi (FDNB) yagabanyutseho miliyoni 3,66 z’Amadolari ya Amerika mu 2024 ugereranyije n’umwaka wabanje, biturutse ahanini ku ihungabana ry’ubukungu...
Ndungutse Balthazar ni umusaza w’imyaka 74 utuye mu Murenge wa Gatsibo mu Karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’igihugu. Avuga ko mu buzima bwe atigeze akora imibonano mpuzabitsina, nta mugore...