skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Kanye West yaryamanaga na mubyara we w’umuhungu bakiri bato

Mu butumwa yashyize kuri X (yahoze ari Twitter) ku wa 21 Mata 2025, Ye yavuze ko yageze kugirana umubano wihariye na mubyara we w’umuhungu bakiri abana, ibintu byakomeje kugeza afite imyaka 14. ​
22 April 2025 Yasuwe: 222 0

Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika ku bw’urupfu rwa Papa Francis

Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’Abagatulika bo ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis rwabaye kuri uyu wa 21 Mata 2025, aho yavuze ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha...
22 April 2025 Yasuwe: 171 0

Coach Gael agiye gukura imari ye mu muziki?

Umushoramari Karomba Gael wamenyekanye nka Coach Gael, yanditse ubutumwa bwaciye igikuba yifashishije imbuga nkoranyambaga ze, agaragaza ko igihe kigeze kugira ngo ashyire imbaraga mu kwita ku...
21 April 2025 Yasuwe: 455 0

RDC: Ishyaka rya Kabila ryahagaritswe

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahagaharitse ibikorwa bya Politiki by’Ishyaka rya Joseph Kabila rizwi nka ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD),...
21 April 2025 Yasuwe: 413 0

Papa Francis wari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yitabye Imana ku myaka 88

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88....
21 April 2025 Yasuwe: 1260 0

Lilian Mbabazi yihanije abamushinja kuba imbata y’ibiyobyabwenge

Lilian Mbabazi ukomoka mu Rwanda ariko agakorera umuziki muri Uganda, yikomye abantu batandukanye barimo itangazamakuru bamaze igihe bavuga ko yabaye imbata y’ibiyobyabwenge.
21 April 2025 Yasuwe: 389 0

Kristen Stewart wamamaye muri ‘Twilight’ yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we

Umukinnyi wa filime Kritsen Stewart wamamaye cyane muri filime ya ‘Twilight’, yarushinze n’umugore mugenzi we, Dylan Meyer bari bamaranye imyaka itandatu bakundana.
21 April 2025 Yasuwe: 205 0

Burundi: Umuhanzikazi Mow Kanzie yakoze ubukwe

Mu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo bwemewe n’amategeko ku wa 23 Werurwe 2025, mu birori byakurikiye ibindi bari bakoze mbere birimo imihango...
20 April 2025 Yasuwe: 364 0

Amarenga y’urukundo hagati y’umuhanzikazi Là Reïna ba Prince Kiiiz

Prince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo akunda umuhanzikazi Là Reïna, asanzwe anafasha mu bijyanye n’ umuziki
20 April 2025 Yasuwe: 262 0

Lady Gaga ubwo yarari mu iserukira muco rya ‘Caochella’; yatengushywe n’ibyuma

Lady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya Coachella avuga ko ibyo bibazo byatumye abantu babona ko ashoboye kuririmba mu buryo bwa ‘Live’.
20 April 2025 Yasuwe: 321 0