Mu butumwa yashyize kuri X (yahoze ari Twitter) ku wa 21 Mata 2025, Ye yavuze ko yageze kugirana umubano wihariye na mubyara we w’umuhungu bakiri abana, ibintu byakomeje kugeza afite imyaka 14.
Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’Abagatulika bo ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis rwabaye kuri uyu wa 21 Mata 2025, aho yavuze ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahagaharitse ibikorwa bya Politiki by’Ishyaka rya Joseph Kabila rizwi nka ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD),...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88....
Mu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo bwemewe n’amategeko ku wa 23 Werurwe 2025, mu birori byakurikiye ibindi bari bakoze mbere birimo imihango...
Prince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo akunda umuhanzikazi Là Reïna, asanzwe anafasha mu bijyanye n’ umuziki
Lady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya Coachella avuga ko ibyo bibazo byatumye abantu babona ko ashoboye kuririmba mu buryo bwa ‘Live’.