skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ibyubucuruzi bw’ibiyobyabwenge bwakorwaga n’umuryango wa Perezida Habyarimana

Akazu, ryari itsinda ry’abantu bake bose b’inkoramutima za Habyarimana n’umugore we. Mu yandi magambo yoroshye kumva, Akazu kari kagizwe na Habyarimana na baramu be na Agatha Kanziga. Ni ko...
14 April 2025 Yasuwe: 402 0

Uruganda rwo mu Bushinwa rukora imodoka rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’u Rwanda

Leta y’u Rwanda yinjiye mu mikoranire n’uruganda rwo mu Bushinwa, Chery International ruri mu zizobereye mu gukora imodoka muri iki gihugu cyane cyane izikoresha ingufu z’amashanyarazi.
13 April 2025 Yasuwe: 604 0

Tariki ya 13 Mata 1994: Muri St André no muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga hiciwe inzira karengane z’abatutsi benshi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 13 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye...
13 April 2025 Yasuwe: 1260 0

Uko siporo ifasha guhangana n’ihungabana rikomoka kuri Jenoside: Dr. Iyamuremye twaganiriye

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) giherutse kugaragaza ko nubwo hashize imyaka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, mu Rwanda hakiri abantu benshi bagaragaza ihungabana rifite aho rihuriye...
13 April 2025 Yasuwe: 1264 0

Nyarugunga: Muri Jenoside kubari baturanye no kwa Habyarimana bahuye n’amahano

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bari batuye mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hafi y’ahari hatuye uwari Perezida w’u Rwanda, Habyarimana Juvénal, bavuga ko bahuye n’akaga ubwo...
12 April 2025 Yasuwe: 1144 0

Perezida w’u Bushinwa yabwiye Amerika ko ishobora kwisanga mu kato ku bwo kuzamura imisoro

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kuzamura imisoro ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, ndetse no kubishyiriraho amabwiriza yihariye, avuga...
12 April 2025 Yasuwe: 215 0

Rudahigwa yatanze amafaranga ngo bamuhe umugogo wa Musinga, barayarya: Ubundi buhemu bw’u Bubiligi

Umunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo kwica Umwami Yuhi V Musinga bikozwe n’Ababiligi, umuhungu we, Mutara III Rudahigwa yabinginze ngo bamuhe...
12 April 2025 Yasuwe: 306 0

Nyaxo yasabye imbabazi nyuma yaho akoreye ‘Live ya Tik Tok’ itajyanye n’ibihe byo Kwibuka

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga zose akoresha umunyarwenya Kanyabugande Olivier uzwi nka Nyaxo, yasabye imbabazi abamukurikira n’Abanyarwanda muri rusange, nyuma yo gutegura ‘Live ya Tik Tok’...
12 April 2025 Yasuwe: 1495 0

Yari afite amezi abiri gusa . ubu amaze imyaka 31 ashakisha uwo baba bafitanye isano

Uwanyirijuru Rosalinda uvuga ko ashobora kuba avuka mu Mujyi wa Kigali, amaze imyaka 31 yarabuze umuntu baba bafitanye isano kuko yabwiwe ko umuryango we wose wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi...
11 April 2025 Yasuwe: 1969 0

Uko umufaransa yatsinzwe ubwo yategerwaga umutwe wa KAGAME

Ubwo urugamba rwo kubohora u Rwanda hamwe n’ibiganiro by’amahoro hagati ya FPR Inkotanyi na Guverinoma y’u Rwanda byari birimbanyije mu 1993, Perezida Habyarimana n’inzego ze z’iperereza bari...
11 April 2025 Yasuwe: 1412 0