Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, agiye guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nyuma y’ibyumweru bibiri ibihugu byombi bigabye ibitero kuri Iran.
Abaturage bo mu Mirenge ya Rugarama, Cyanika na Gahunga mu Karere ka Burera, barataka bavuga ko babangamiwe n’ibura ry’amazi ryatumye kuri ubu ijerekani imwe igeze ku mafaranga y’u Rwanda 300.
Ku munsi wa mbere w’uruzinduko ari kugirira mu Rwanda, Didier Domi wakiniye Paris Saint Germain nka myugariro, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, yunamira inzirakarengane zishwe muri...