Umuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi bamuhagarika gukora mu mirima ye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we wamutaye mu gihe cy’amezi...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025.
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasubije uwamunenze gushyigikira Perezida Paul Kagame, amubwira ko gushaka kuzimya Umukuru w’Igihugu ari ukwishora mu muriro.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye ko gushakira umuti intambara ya Ukraine bimaze kugaragara ko bigoye kurusha uko yari abyiteze. Yanavuze ko atemeranya n’uburyo mugenzi...