skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Isoko yarakamye? - PAC yananiwe kumva iby’umuyoboro w’amazi umaze imyaka itanu wumye i Kamonyi

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, bagaragaje ko Akarere ka Kamonyi karangaranye abaturage bakoresha umuyoboro w’amazi wa Kivumu...
9 July 2025 Yasuwe: 242 0

Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo

Umuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi bamuhagarika gukora mu mirima ye kubera amakimbirane afitanye n’umugore we wamutaye mu gihe cy’amezi...
9 July 2025 Yasuwe: 1332 0

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

Umuraperikazi Nicki Minaj, arashinja Jay-Z guseta ibirenge mu kumwishyura umwenda uri hagati ya miliyoni 100 na 200 z’amadolari umaze imyaka irenga ine.
9 July 2025 Yasuwe: 390 0

Abize ayisumbuye 14 mu igororero rya Nyagatare batangiye ibizamini bya Leta

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko abanyeshuri 14 bo mu Igororero ry’abana rya Nyagatare barimo umukobwa umwe, kimwe n’abandi banyeshuri mu mashuri yisumbuye mu Gihugu hose,...
9 July 2025 Yasuwe: 322 0

Mike Kayihura yakomoje ku buryo yari amaze imyaka itatu yarakomanyirijwe ibyo gusohora imiziki

Mike Kayihura yahishuye uko yari amaze imyaka itatu akomanyirijwe ibyo gusohora indirimbo nyuma yo gusinya amasezerano atari yabanje kwitondera akita mu kagozi kamubuza kongera gukora ibihangano...
9 July 2025 Yasuwe: 124 0

Trump yemeje ko azitabira ‘finale’ y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025.
9 July 2025 Yasuwe: 222 0

Kinshasa: Abantu 78 bamaze kwicwa na Cholera

Minisitiri w’Ubuzima mu ntara ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patricien Gongo, yatangaje indwara ya Cholera iterwa n’umwanda imaze kwica abantu 78 muri 830 bayanduye.
9 July 2025 Yasuwe: 99 0

Kumurwanya ni ukuturwanya - Gen Muhoozi asubiza uwamunenze kuvuga neza Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasubije uwamunenze gushyigikira Perezida Paul Kagame, amubwira ko gushaka kuzimya Umukuru w’Igihugu ari ukwishora mu muriro.
9 July 2025 Yasuwe: 372 0

Trump yemeye ko gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine bigoranye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeye ko gushakira umuti intambara ya Ukraine bimaze kugaragara ko bigoye kurusha uko yari abyiteze. Yanavuze ko atemeranya n’uburyo mugenzi...
9 July 2025 Yasuwe: 153 0

Abasirikare n’intwaro, imari n’ubutaka: Igihombo cya RDC mu rugamba ihanganyemo na AFC/M23

Mu mpera za 2021, umutwe witwaje intwaro wa M23 wari umaze imyaka umunani usinziriye wongeye kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubyukana imbaraga zidasanzwe....
9 July 2025 Yasuwe: 464 0