Mr Kagame uri mu bahanzi bamaze igihe bakora umuziki mu njyana zitandukanye, yavuze ko uko urubyiruko rwifashishijwe mu gusenya igihugu bikwiriye kubera urugero abari kubyiruka ubu bakiyumvamo...
Umuhanzi Davido yatangaje ko kuba Perezida wa Nigeria yarakunze indirimbo ye yise ‘Dami Duro,’ aribyo byatumye abasha gukomeza gukora umuziki nyuma y’igihe Se amufungira amayira.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko hari Dj wacurangiye mu gihugu cya Uganda mu gihe cy’Icyumweru cy’Icyunamo, nyuma abisakaza ku mbuga...
Umugore wo muri Alaska uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi, yatangaje ko gahunda ari kongera gushyiraho akandi gahigo gakuraho ako yashyizeho.
Katy Perry ari mu itsinda ry’abagore batandatu boherejwe mu isanzure n’ikigo cy’Umunyemari Jeff Bezos gikora ibijyanye n’ibyogajuru cyitwa Blue Origin.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko bantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo, aho u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Dr. Jose Chameleone uri mu bamaze kubaka izina mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu myaka isaga 25 ishize, nyuma kugirwa inama n’abaganga yo kureka inzoga cyangwa kuzigabanya, yavuye mu bitaro...
Abahanzikazikazi Monia Fleur na Belle 9ice bari mu bafite amazina akomeye mu Burundi, bakozanyijeho ku mbuga nkoranyambaga bapfa Sat-B, uri mu bagezweho muri iki gihugu.