skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba Arsenal ku mukino wa nyuma wa Champions League

Umuraperi Bull Dogg uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yagaragaje ko yanyuzwe cyane n’uburyo Arsenal ikomeje kwitwara neza, aboneraho gusaba Perezida wa Repubulika kuzamugurira itike yo kujya...
17 April 2025 Yasuwe: 430 0

INAMA Y’UMUTEKANO (EP8): Umugore Meya NTAZINDA yihebeye bigatuma atakaza Manda akanafungwa ni Muntu ki?

INAMA Y’UMUTEKANO: Umugore uvugwa muri Dosiye ya Meya Ntazinda Erasme ni muntu ? Ese Urugendo yari afite muri Vietnam ruhuriye he no gufungwa kwe? Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO”
17 April 2025 Yasuwe: 9971 0

Ingo zirenga 94% zo mu Rwanda ziracyatekesha amakara n’inkwi

Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ingo zikoresha ibicanwa bibungabunga ibidukikije mu Rwanda zageze kuri 5,4% mu 2024 zivuye kuri 1% mu 2017.
17 April 2025 Yasuwe: 289 0

Umubyeyi we yicishijwe amabuye: Ubuhamya bwa Mukayirere warokokeye i Ntarama

Mukayirere Jeanne yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Ntarama mu Karere ka Bugesera, arokokera mu rufunzo ruzwi nka CND.
17 April 2025 Yasuwe: 1395 0

Teta Sandra yahawe impano y’imodoka

Teta Sandra usanzwe ubana na Weasel bamaze igihe bakundana ndetse kugeza ubu bakaba bafitanye abana babiri, yahawe impano y’imodoka n’uyu mugabo we uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda.
17 April 2025 Yasuwe: 442 0

Imiterere y’amasezerano ya Element yatumye hatekerezwa ko yasezeye muri 1:55 AM

Umuyobozi wa Sosiyete ya 1: 55 AM, Kenny Mugarura yatangaje ko bagifitanye amasezerano y’imikoranire na Element Eleéeh kandi ko yubahirizwa n’impande zombi, ariko ko hari ibice biyagize bituma...
17 April 2025 Yasuwe: 261 0

Diddy yongeye umwunganizi wa Young Thug mu itsinda ry’abazamuburanira

Umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy, yitabaje umunyamategeko Brian Steel uherutse kuburanira Young Thug, amwongera mu itsinda ry’abazamuburanira.
17 April 2025 Yasuwe: 126 0

INAMA Y’UMUTEKANO(EP7): Ibyavuzwe na “Se wa Moses”na “Disikuru za Ministiri Dr. BIZIMANA”

INAMA Y’UMUTKANO: Ibishya kuri Dosiye ya Moses, ibya Se yatangaje! Disikuru za Minisitiri Dr. Jean Damascene Bizimana, ngo hari abari muri Gereza bavuga ko bamwanga ngo azura akaboze! Yabageneye...
17 April 2025 Yasuwe: 495 0

Ice Cube agiye gukora ibitaramo 22 yise "Truth to Power” byo kuvuga ukuri ku butegetsi muri Amerika

Umuraperi w’umunyabigwi O’Shea Jackson Sr., uzwi ku izina rya Ice Cube, agiye gukora urugendo rw’ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’uyu mwaka wa 2025.
16 April 2025 Yasuwe: 206 0

Narafunzwe ariko sinahohotewe! Umubyeyi wa Moses wa Moshions

Nsabimana Annicet, umubyeyi wa Turahirwa Moses wamenyekanye mu guhanga imideli binyuze mu nzu ye y’ikimenyabose ’Moshions’, yatangaje ko yamaze amezi ane afunze ariko ko atigeze ahohoterwa nk’uko...
16 April 2025 Yasuwe: 1111 0