Umuraperi Bull Dogg uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yagaragaje ko yanyuzwe cyane n’uburyo Arsenal ikomeje kwitwara neza, aboneraho gusaba Perezida wa Repubulika kuzamugurira itike yo kujya...
INAMA Y’UMUTEKANO: Umugore uvugwa muri Dosiye ya Meya Ntazinda Erasme ni muntu ? Ese Urugendo yari afite muri Vietnam ruhuriye he no gufungwa kwe? Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO”
Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ingo zikoresha ibicanwa bibungabunga ibidukikije mu Rwanda zageze kuri 5,4% mu 2024 zivuye kuri 1% mu 2017.
Teta Sandra usanzwe ubana na Weasel bamaze igihe bakundana ndetse kugeza ubu bakaba bafitanye abana babiri, yahawe impano y’imodoka n’uyu mugabo we uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda.
Umuyobozi wa Sosiyete ya 1: 55 AM, Kenny Mugarura yatangaje ko bagifitanye amasezerano y’imikoranire na Element Eleéeh kandi ko yubahirizwa n’impande zombi, ariko ko hari ibice biyagize bituma...
INAMA Y’UMUTKANO: Ibishya kuri Dosiye ya Moses, ibya Se yatangaje! Disikuru za Minisitiri Dr. Jean Damascene Bizimana, ngo hari abari muri Gereza bavuga ko bamwanga ngo azura akaboze! Yabageneye...
Umuraperi w’umunyabigwi O’Shea Jackson Sr., uzwi ku izina rya Ice Cube, agiye gukora urugendo rw’ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’uyu mwaka wa 2025.
Nsabimana Annicet, umubyeyi wa Turahirwa Moses wamenyekanye mu guhanga imideli binyuze mu nzu ye y’ikimenyabose ’Moshions’, yatangaje ko yamaze amezi ane afunze ariko ko atigeze ahohoterwa nk’uko...